Skip to content
Top Menu
April 18, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Rwanda

Hanze / Rwanda

Hari ibyo u Rwanda na DR.Congo byemereye America ko bigiye gukora

March 19, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyijwe kwihutisha amasezerano ya Washington D.C harimo kubaha ubusugire bwa buri …

Hari ibyo u Rwanda na DR.Congo byemereye America ko bigiye gukora Read More
Rwanda

Nyuma yo gukatirwa igihano gisubitse arakekwaho kwica umugore we.

March 19, 2026March 19, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyamasheke: Hari umugabo w’imyaka 44 ushakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari babyaranye rimwe. Ni uwo mu mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Gako umurenge wa Kagano ho mu karere ka …

Nyuma yo gukatirwa igihano gisubitse arakekwaho kwica umugore we. Read More
Rwanda

Isoko rya Mpazi rimaze amezi atanu rifunguwe risigayemo abacuruzi mbarwa

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abacuruzi bake basigaye mu Isoko rya Mpazi rimaze igihe gito rifunguye imiryango batangaje ko mu gihe nta gikozwe na bo bateganya kureka kurikoreramo bitewe n’uko ritaratangira kubona abarigana bafatika none …

Isoko rya Mpazi rimaze amezi atanu rifunguwe risigayemo abacuruzi mbarwa Read More
Imyidagaduro / Rwanda

Uzabyigana azaba ataratojwe – Minisitiri Utumatwishma ku myambarire ya Doja Cat yateje sakwe sakwe

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’uko umuririmbyi mpuzamahanga Doja Cat yaserutse mu gitaramo cya Move Afrika mu myambaro igaragaza neza umubiri we wose, benshi ku mbuga nkoranyambaga bagaragaje ko imyambarire ye ari iyo kwibazaho. …

Uzabyigana azaba ataratojwe – Minisitiri Utumatwishma ku myambarire ya Doja Cat yateje sakwe sakwe Read More
Hanze / Rwanda

Amerika irashaka gusubiza u Rwanda na RDC mu biganiro

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangaje zongeye gutangira urugendo rusubiza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu biganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Karere k’Ibiyaga Bigari. …

Amerika irashaka gusubiza u Rwanda na RDC mu biganiro Read More
Rwanda

Umugabo yarumye umwana we igitsina

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ngoma: Rugerinyange Vedaste wo mu Murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, akurikiranyweho kuruma umuhungu we igitsina akeka ko ari umugabo waje kumusambanyiriza umugore. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kanege, …

Umugabo yarumye umwana we igitsina Read More
Imikino / Rwanda

Niba nta Kwizera natwe imikino ntituzayireba – abafana ba Rayon Sport

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yahamagaye abakinnyi bazahagararira ikipe y’igihugu mu mikino ya FIFA Serie maze kuri urwo rutonde ntihabonekaho umukinnyi ukina mw’izamu rya Rayon Sports Kwizera Olivier …

Niba nta Kwizera natwe imikino ntituzayireba – abafana ba Rayon Sport Read More
Imikino / Rwanda

FERWAFA yorohereje ikipe y’Abadive

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’ubusabe bwakomeje gutangwa n’ubuyobozi bwa Ejo Heza FC yo mu Cyiciro cya Kabiri, Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, FERWAFA, ryorohereje iyi kipe yasabaga gukina ku Cyumweru. Iyi kipe yo …

FERWAFA yorohereje ikipe y’Abadive Read More
Rwanda

Karongi: Ubuzima bw’ubuhunzi bwatumye bishyira hamwe bakora resitora

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abagore batanu bo mu nkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi, bavuga ko ubuzima bushaririye banyuzemo, bwatumye bishyira hamwe bashinga resitora iciriritse ifite agaciro ka miliyoni imwe none kuri ubu …

Karongi: Ubuzima bw’ubuhunzi bwatumye bishyira hamwe bakora resitora Read More
Hanze / Rwanda

Global Citizen isanga Kigali ibereye kwakira ibitaramo bya Move Afrika

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ubuyobozi bw’Umuryango Global Citizen utegura ibitaramo bya Move Afrika bwashimangiye ko kuzana ibyo bitaramo mu Rwanda ari amwe mu mahitamo meza bagize, bushimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku bufatanye …

Global Citizen isanga Kigali ibereye kwakira ibitaramo bya Move Afrika Read More

Posts pagination

Previous 1 … 5 6 7 … 20 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.