Skip to content
Top Menu
June 6, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Rwanda

Hanze / Rwanda

Global Citizen isanga Kigali ibereye kwakira ibitaramo bya Move Afrika

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ubuyobozi bw’Umuryango Global Citizen utegura ibitaramo bya Move Afrika bwashimangiye ko kuzana ibyo bitaramo mu Rwanda ari amwe mu mahitamo meza bagize, bushimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku bufatanye …

Global Citizen isanga Kigali ibereye kwakira ibitaramo bya Move Afrika Read More
Imikino / Rwanda

Haruna Niyonzima yagizwe umuhuzabikorwa w’Amavubi muri FIFA Series

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Rwanda, Haruna Niyonzima, yagizwe Umuhuzabikorwa w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ mu mikino ya FIFA Series.   Kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 30 Werurwe …

Haruna Niyonzima yagizwe umuhuzabikorwa w’Amavubi muri FIFA Series Read More
Hanze / Rwanda

America yatumije u Rwanda na RD.Congo

March 17, 2026March 17, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokasi biteganyijwe ko ziganirizwa na America, bigamije kureba impamvu amasezerano y’Amahoro mu Burasirazuba bwa Congo adashyirwa mu gikorwa. Abayobozi baturutse mu Rwanda no muri …

America yatumije u Rwanda na RD.Congo Read More
Imikino / Rwanda

RSSB Tigers yitegura BAL 2026 yongeye James Maye wa APR BBC mu batoza bayo

March 17, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

RSSB Tigers igiye kwitabira imikino ya Basketball Africa League (BAL 2026), ku nshuro ya mbere yongeye James Maye Jr usanzwe utoza APR BBC, mu batoza bo izifashisha muri iri rushanwa …

RSSB Tigers yitegura BAL 2026 yongeye James Maye wa APR BBC mu batoza bayo Read More
Imikino / Rwanda

Kudahamagarwa kwa Kwizera Olivier mu Mavubi byari bikwiye guteza impaka?

March 17, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’uko hatangajwe urutonde rw’abakinnyi 31 bahamagawe mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, bagomba kujya mu mwiherero utegura FIFA Series 2026, izina ry’umunyezamu, Kwizera Olivier ryakomeje kugarukwaho cyane mu banyamupira. Ku wa …

Kudahamagarwa kwa Kwizera Olivier mu Mavubi byari bikwiye guteza impaka? Read More
Rwanda

59 bafatiwe mu mukwabu wa polisi i Muhanga

March 16, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 59 barimo abitwazaga intwaro gakondo n’abashora urubyiruko mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe. Mu bafashwe biganjemo Urubyiruko ruri hagati y’imyaka 20 na …

59 bafatiwe mu mukwabu wa polisi i Muhanga Read More
Imikino / Rwanda

Ngiye gukorera akazi katoroshye Amavubi – Umutoza mushya w’amavubi

March 16, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umutoza ukomoka mu Bwongereza, Stephen Constantine, uheruka gutangazwa nk’Umutoza Mukuru mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatangaje ko aje kurangiza akazi atarangije muri 2015. Kuri uyu wa Mbere ku cyicaro …

Ngiye gukorera akazi katoroshye Amavubi – Umutoza mushya w’amavubi Read More
Imikino / Rwanda

Amavubi yahamagaye abakinnyi azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Oliver

March 16, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahamagaye abakinnyi 31 izakuramo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 batarimo umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier. Ni urutonde ryashyizwe hanze kuri uyu wa …

Amavubi yahamagaye abakinnyi azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Oliver Read More
Rwanda

Umusore wo muri Kayonza Yishe umugabo akomeretsa undi, bikekwa ko yabahoye amafaranga bagurishije inka

March 16, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umusore w’imyaka 31 wo mu Karere ka Kayonza, yateze abagabo babiri bari bavuye kugurisha inka, abatera ibyuma umwe arapfa undi arakomereka, bikekwa ko yashakaga kubiba amafaranga bagurishije inka.   Byabaye …

Umusore wo muri Kayonza Yishe umugabo akomeretsa undi, bikekwa ko yabahoye amafaranga bagurishije inka Read More
Imikino / Rwanda

FERWAFA yemeje ko iri kuburana na Adel Amrouche watoje Amavubi

March 16, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yemeje ko Adel Amrouche wahoze atoza Amavubi, yarireze muri FIFA ko ryamwirukanye binyuranyije n’amategeko.   Muri Mutarama 2026, ni bwo FERWAFA …

FERWAFA yemeje ko iri kuburana na Adel Amrouche watoje Amavubi Read More

Posts pagination

Previous 1 … 6 7 8 … 20 Next

Recent Posts

  • Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Qatar
  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.