Skip to content
Top Menu
April 19, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Imyidagaduro

Hanze / Imyidagaduro

Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego …

Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu Read More
Imyidagaduro

RIB yahakanye ko yahamagaje G Tuff kubera ‘indirimbo ye y’ibishegu’

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwahakanye amakuru ko rwahamagaje G Tuff kubera indirimbo aherutse gukora imaze iminsi irikoroza ku mbuga nkoranyambaga, kubera amagambo ayirimo benshi bemeza ko ari ibishegu.   Ku …

RIB yahakanye ko yahamagaje G Tuff kubera ‘indirimbo ye y’ibishegu’ Read More
Hanze / Imyidagaduro

Dlala Thukzin uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo azataramira i Kigali.

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Thuthuka Wandile Zindlovu wamamaye nka Dlala Thukzin mu muziki wa Afurika y’Epfo ategerejwe mu gitaramo ‘Atmosphera’ gisanzwe gitegurwa na DJ Lamper.   Iki gitaramo kizabera muri Camp Kigali ku wa …

Dlala Thukzin uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo azataramira i Kigali. Read More
Hanze / Imyidagaduro

Umugabo wa Selena Gomez yisobanuye ku by’umwanda ashinjwa

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umugabo wa Selena Gomez, Benny Blanco, yavuze ko afite ibirenge bihumura, nyuma y’uko bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamushinje ko ibirenge bye byasaga nabi mu kiganiro cya ’Friends Keep Secrets’ …

Umugabo wa Selena Gomez yisobanuye ku by’umwanda ashinjwa Read More
Imyidagaduro

Ubutabera ntibukoreshwa n’igitutu – RIB kuri dosiye ya Mike Habinshuti

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuvugizi w’urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, Dr. Murangira B. Thierry yavuze ko ubutabera budakorera ku gitutu nk’icyo babonye abantu bashatse gushyira ku bagenzacyaha kuri dosiye ya Mike Habinshuti.   Mu minsi ishize …

Ubutabera ntibukoreshwa n’igitutu – RIB kuri dosiye ya Mike Habinshuti Read More
Imyidagaduro

Mico The Best yavuze uburyo utuvungukira twahanutse ku meza ya Lick Lick twamukijije kakahava

March 10, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuhanzi Mico The Best ugiye kumara imyaka 20 mu muziki yashyize ahagaragara amayeri yagize agitangira umuziki bikamufasha kubona amafaranga y’abahanzi bajyaga kumushaka aho yakoreraga i Nyamirambo ngo abatunganyirize imiziki.   …

Mico The Best yavuze uburyo utuvungukira twahanutse ku meza ya Lick Lick twamukijije kakahava Read More
Imikino / Imyidagaduro

U Rwanda rwahawe kwakira amarushanwa ane ya CECAFA mu 2026

March 10, 2026March 10, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’imyaka irindwi, irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup, rizongera kubera mu Rwanda aho iry’uyu mwaka ryashyizwe kuva tariki ya 18 Nyakanga …

U Rwanda rwahawe kwakira amarushanwa ane ya CECAFA mu 2026 Read More
Hanze / Imyidagaduro

Rihanna yabaye ahunze Los Angeles nyuma yo kurusimbuka

March 10, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Rihanna yavuye mu Mujyi wa Los Angeles aho asanzwe atuye, nyuma y’iminsi mike umugore witwaje intwaro arashe ku nzu ye.   Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo inzu ya …

Rihanna yabaye ahunze Los Angeles nyuma yo kurusimbuka Read More
Imikino / Imyidagaduro

Ngabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA

March 10, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya …

Ngabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA Read More
Hanze / Imyidagaduro

Vybz Kartel wahakanye ibyo gutaramira i Kigali yajyanywe mu nkiko muri Amerika

March 10, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Dancehall, Vybz Kartel, uherutse guhakana amakuru yavugaga ko azataramira mu Rwanda, yajyanywe mu nkiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rubanza yaregwagamo ibijyanye n’ibitaramo …

Vybz Kartel wahakanye ibyo gutaramira i Kigali yajyanywe mu nkiko muri Amerika Read More

Posts pagination

Previous 1 … 8 9 10 … 35 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.