Skip to content
Top Menu
April 24, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Hanze

Hanze

Joe Kent washinje Trump gukorera ku gitutu cya Israel yatangiye gukorwaho iperereza

March 19, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Joe Kent wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe kurwanya iterabwoba muri Amerika weguye ku mwanya we kubera ko intambara Amerika yagabye kuri Iran idafite impamvu, yatangiye gukorwaho iperereza akekwaho gushyira hanze …

Joe Kent washinje Trump gukorera ku gitutu cya Israel yatangiye gukorwaho iperereza Read More
Hanze / Rwanda

Hari ibyo u Rwanda na DR.Congo byemereye America ko bigiye gukora

March 19, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byemeranyijwe kwihutisha amasezerano ya Washington D.C harimo kubaha ubusugire bwa buri …

Hari ibyo u Rwanda na DR.Congo byemereye America ko bigiye gukora Read More
Hanze / Imyidagaduro

Zari Hassan yahakanye umwiryane uvugwa mu rugo rwe

March 19, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Zari Hassan yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urugo rwe n’umugabo we Shakib Cham ruri mu mwiryane udasanzwe. Aya makuru yatangiye gukwirakwira nyuma y’ifoto [Screenshot] igaragaza …

Zari Hassan yahakanye umwiryane uvugwa mu rugo rwe Read More
Hanze / Imikino

Senegal yemeje ko Umupira wa Africa urimo ruswa inawusubiza inyuma

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Guverinoma ya Sénégal yasabye ko hakorwa iperereza kuri ruswa ishobora kuba yaratanzwe mu ifatwa ry’icyemezo cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika(CAF), nyuma y’uko Akanama gashinzwe Ubujurire kemeje ko iki gihugu cyamburwa …

Senegal yemeje ko Umupira wa Africa urimo ruswa inawusubiza inyuma Read More
Hanze / Imikino

FIFA yemereye YouTube gutambutsa imikino y’Igikombe cy’Isi

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryagiranye amasezerano na YouTube yo kuba Imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izaba yemerewe gutambutswaho.   Kuva tariki ya 11 Kamena kugeza ku itariki ya …

FIFA yemereye YouTube gutambutsa imikino y’Igikombe cy’Isi Read More
Hanze

Iran yihoreye, Israel yica Minisitiri wayo w’Ubutasi: Ibigezweho mu ntambara ziri ku Isi

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abantu babiri bishwe n’ibisasu Iran yarashe muri Israël ihorera urupfu rwa Ali Larijani wari Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano yayo wiciwe mu gitero cyagabwe i Tehran, mu gihe igitero cya Israel cyo …

Iran yihoreye, Israel yica Minisitiri wayo w’Ubutasi: Ibigezweho mu ntambara ziri ku Isi Read More
Hanze

Amabasade ya Amerika muri Iraq yongeye kuraswa

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Bagdad muri Iraq yagabweho igitero cya drone n’ibisasu bya kirimbuzi, ubwirinzi bwayo bunanirwa kubikumira byose, ibyatumye igice cyayo gifatwa n’inkongi y’umuriro.   …

Amabasade ya Amerika muri Iraq yongeye kuraswa Read More
Hanze / Rwanda

Amerika irashaka gusubiza u Rwanda na RDC mu biganiro

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zatangaje zongeye gutangira urugendo rusubiza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu biganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Karere k’Ibiyaga Bigari. …

Amerika irashaka gusubiza u Rwanda na RDC mu biganiro Read More
Hanze / Imyidagaduro

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Doja Cat i Kigali

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo Doja Cat cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 17 Werurwe 2026. Umuraperi Doja Cat yataramiye i Kigali binyuze mu …

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Doja Cat i Kigali Read More
Hanze / Utuntu n'utundi

Niki gitumye Sumsang ikura kwisoko Telephone itaramaraho amezi 3 ?

March 18, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Samsung igiye guhagarika igurishwa rya telefoni yayo yitwa Galaxy Z TriFold yari imaze amezi atatu gusa ku isoko. Iyi telefoni igura 2.899$ ifite ikirahuri cy’inyuma cya pouse 6,5, ikagira interanyirizo …

Niki gitumye Sumsang ikura kwisoko Telephone itaramaraho amezi 3 ? Read More

Posts pagination

Previous 1 … 9 10 11 … 27 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.