Minisitiri Dr. Bizimana yavuzeko abize aribo bica imivugire y’Ikinyarwanda cyane.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye. Yabikomojeho ku wa Kabiri tariki ya 10 Gashyantare 2026, mu butumwa …

Minisitiri Dr. Bizimana yavuzeko abize aribo bica imivugire y’Ikinyarwanda cyane. Read More

Umudepite w’u Bubiligi ukomoka muri Congo wavuze ibigwi Rusesabagina yibukijwe ingaruka z’ibyo yakoze

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije Umudepite wo mu Nteko y’u Bubiligi ufite inkomoka muri DRC washimagije Paul Rusesabagina, ko yahamijwe ibyaha by’iterabwoba byagize ingaruka zikomeye zirimo n’abatakaje ubuzima, …

Umudepite w’u Bubiligi ukomoka muri Congo wavuze ibigwi Rusesabagina yibukijwe ingaruka z’ibyo yakoze Read More

U Rwanda n’u Burundi bari impanga,Abarundi bahitamo kwihuza na RDC-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ubusanzwe Abarundi n’Abanyarwanda bari nk’impanga ariko ubu bahisemo kwifatanya na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu kwimakaza imvugo z’urwango …

U Rwanda n’u Burundi bari impanga,Abarundi bahitamo kwihuza na RDC-Perezida Kagame Read More

Min.Nduhungirehe yagiriye inama Abanyekongo b’Abanyamulenge bigaragaje muri America nk’abashyigikiye ubutegetsi bwa DRC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiriye inama Abanyekongo b’Abanyamulenge bahuriye na Patrick Muyaya-Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC i Washington bakamubwira ko bari inyuma y’ubutegetsi bw’iki Gihugu, ko bari …

Min.Nduhungirehe yagiriye inama Abanyekongo b’Abanyamulenge bigaragaje muri America nk’abashyigikiye ubutegetsi bwa DRC Read More