Skip to content
Top Menu
April 18, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Imyidagaduro

Imyidagaduro

Umunsi Jay C yiyemeza kuva mu muziki akiwutangira, inkumi ikahagoboka

March 24, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Burya intangiriro y’urugendo ni intambwe, ingano yazo ni yo igena ko ruba rurerure cyangwa rugufi. Icyakora uko rwaba rungana kose ntabwo haburamo ibizazane. Ni na yo mpamvu ibyarwo bibarwa n’uwarukoze. …

Umunsi Jay C yiyemeza kuva mu muziki akiwutangira, inkumi ikahagoboka Read More
Imyidagaduro / Rwanda

Umunyamakuru wa B&B yambitse impeta umukunzi we – AMAFOTO

March 24, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umunyamakuru wa B&B Kigali FM mu gice cy’imikino, Abel Deus Kwizera, yambitse impeta umukunzi we, Sandra Butera amusaba kuzamubera umugore w’isezerano. Ni umuhango wabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ubera muri …

Umunyamakuru wa B&B yambitse impeta umukunzi we – AMAFOTO Read More
Imyidagaduro

Nange sinzi aho ubuhanzi bwavuye ariko iwacu tumaze kuba abahanzi babiri na Director umwe – Christoper Muneza.

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuhanzi Christopher Muneza wamamaye mu muziki w’u Rwanda yavuze ko yishimira iterambere rya barumuna be muruhando rwa muzika aho umuto akora umuziki naho ukurikira Christopher we akaba ari director wa …

Nange sinzi aho ubuhanzi bwavuye ariko iwacu tumaze kuba abahanzi babiri na Director umwe – Christoper Muneza. Read More
Imyidagaduro

Rider Man avuze kuri Aragitosa ya G Tuff turumirwa

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Uraperi ukomeye mu muziki w’uRwanda GATSINZI Emery wamamaye nka Rider Man yavuze kundirimbo Aragitosa ya G Tuff avugako yababajwe bikomeye no kubona umwana we ari kuririmba iyi ndirimbo yuzuye ibishegu …

Rider Man avuze kuri Aragitosa ya G Tuff turumirwa Read More
Hanze / Imyidagaduro / Rwanda

Ibintu 5 Ugomba kumenya kuri Film z’urukozasoni( Porono)

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nuko wamenya ko biriya byose wumva cangwa ubona aribyo baba bakinnye nkuko izindi film zose zikinwa hakongerwamo amajwi, guteranya uduce twakinwe mumwanya munini.   Nukumenyako bariya bazikina kenshi baba bafashe …

Ibintu 5 Ugomba kumenya kuri Film z’urukozasoni( Porono) Read More
Imyidagaduro

Birambabaza kubona abo Killaman yakamiye bashaka kumukamura Amaraso

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Icyamamare mu gukina filime nyaRwanda wamamaye nka Mama Niyori yagaragaje agahinda gakomeye aterwa no kuba bamwe mubakinnyi ba filime bo mw’ikipe ya Killaman barabaye indashima maze bagashaka gusenya iyi team …

Birambabaza kubona abo Killaman yakamiye bashaka kumukamura Amaraso Read More
Imikino / Imyidagaduro

Al Hilal yagaragaje ko itazibagirwa ubufasha yahawe n’u Rwanda

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yakiriye abayobozi bakuru b’ikipe ya Al Hilal yo muri Sudani bashimangira ko batazibagirwa ubufasha bahawe n’u Rwanda. Yabakiriye kuri uyu wa …

Al Hilal yagaragaje ko itazibagirwa ubufasha yahawe n’u Rwanda Read More
Imyidagaduro

Bwiza yatunguranye asoma Rider Man i Huye.

March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abahanzi bakomeye mu Rwanda barimo Riderman, Bwiza Emerance, Christopher, Juno Kizigenza, Massamba Intore, Kevin Kade bakoreye igitaramo cy’amateka i Huye, abakitabiriye bataha bagifite inyota. Hari mu gitaramo gisoza Iserukiramuco ry’ubuhanzi …

Bwiza yatunguranye asoma Rider Man i Huye. Read More
Imyidagaduro

Umugore wanjye kugira mubone byansabye kujya mu masengesho kenshi

March 22, 2026March 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umu Promoter ukomeye mugihugu cy’u Rwanda AGIRANEZA Pascifique uzwi nk AGA Promoter akaba umugabo wa MUKOBWAJANA Asifiwe uzwi nka Micky yagarutse kubwoba aterwa n’abantu bamubwirako atazabasha kubana na Micky ubuzima …

Umugore wanjye kugira mubone byansabye kujya mu masengesho kenshi Read More
Imyidagaduro

Sandra Ishimwe wamamaye muri City Maid yinjiye mu itangazamakuru

March 21, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Mu gihe benshi bamuzi ku ruhando rwa Cinema, Sandra Ishimwe wamamaye muri filime y’uruhererekane izwi nka ‘City Maid’ arimo kwagura urugendo rwe mu bijyanye n’itangazamakuru, aho yatangije ‘Podcast’ yise “The …

Sandra Ishimwe wamamaye muri City Maid yinjiye mu itangazamakuru Read More

Posts pagination

Previous 1 … 3 4 5 … 35 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.