Gloria Mukamabano burya yasezeye Radio na TV Rwanda yerekeje muri Amerika gusanga umukunzi we

Gloria Mukamabano, wamenyekanye ari Umunyamakuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yasezeye muri izi nshingano yari amazemo imyaka icyenda. Akaba yasomaga amakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda ndetse yari akunzwe na benshi aho …

Gloria Mukamabano burya yasezeye Radio na TV Rwanda yerekeje muri Amerika gusanga umukunzi we Read More