Skip to content
Top Menu
April 25, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Hanze

Hanze

Trump arifuzako Iran yafata vuba icyemezo ku mushinga wo guhagarika intambara

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Perezida wa Amerika, Donald Trump yaburiye Iran ko igomba gufata icyemezo byihuse ku mushinga w’amasezerano ugamije guhagarika intambara imaze hafi ukwezi mu Burasirazuba bwo Hagati.   Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa …

Trump arifuzako Iran yafata vuba icyemezo ku mushinga wo guhagarika intambara Read More
Hanze

Gen Muhoozi yavuze ko biteguye kuvana ingabo muri RDC guverineri wa Ituri nadahindurwa

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kuvana ingabo zacyo mu birindiro binyuranye zirimo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bikazaba mu …

Gen Muhoozi yavuze ko biteguye kuvana ingabo muri RDC guverineri wa Ituri nadahindurwa Read More
Hanze

U Bufaransa bwisubiyeho ku butumire bwahawe Ramaphosa ngo yitabire inama ya G7

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, yatangaje ko u Bufaransa bwafashe icyemezo cyo gukuraho ubutumire bwari bwahawe Perezida Cyrill Ramaphosa bwo kwitabira Inama ya G7 izaba muri …

U Bufaransa bwisubiyeho ku butumire bwahawe Ramaphosa ngo yitabire inama ya G7 Read More
Hanze

Mureke gukwirakwiza Ibihuha Iran irikutwinginga ntabwo aritwe tuyinginga – Donald Trump.

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Prezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yavuze ko adashimishwa nagato nuko ibitangazamakuru bikomeje gutangaza ibihuha bivugako America iri kwinginga Iran ngo bajye mu biganiro ahubwo avuga ko …

Mureke gukwirakwiza Ibihuha Iran irikutwinginga ntabwo aritwe tuyinginga – Donald Trump. Read More
Hanze / Imyidagaduro

Maître Gims wo muri DRC yatawe muri yombi mu Bufaransa

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzwi cyane ku izina rya Gims, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa 25 Werurwe 2026, ubwo yari ageze ku …

Maître Gims wo muri DRC yatawe muri yombi mu Bufaransa Read More
Hanze

Trump azasura u Bushinwa muri Gicurasi

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, azahurira na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, i Beijing muri Gicurasi 2026.   Nyi nyuma y’aho uru ruzinduko rwari mu …

Trump azasura u Bushinwa muri Gicurasi Read More
Hanze

Iran yongeye kwihakana Trump, ivuga ko nta biganiro iri kugirana na Amerika

March 26, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko bari gusuzuma ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo guhagarika intambara, yemeza ko nta biganiro ibihugu byombi biri kugirana.   …

Iran yongeye kwihakana Trump, ivuga ko nta biganiro iri kugirana na Amerika Read More
Hanze / Rwanda

Ingabo z’u Rwanda zahuriye n’iza Tanzania mu nama ya 15 igamije kunoza Umubano.

March 25, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) bahuriye mu Karere ka Karagwe mu Nama ya 15 y’Abayobozi b’Ingabo bakorera ku mipaka, igamije gukemura ibibazo by’umutekano byo ku mipaka …

Ingabo z’u Rwanda zahuriye n’iza Tanzania mu nama ya 15 igamije kunoza Umubano. Read More
Hanze

Matt Brittin wayoboye Google yagizwe umuyobozi wa BBC

March 25, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Matt Brittin wayoboye Google yagizwe Umuyobozi Mukuri wa BBC asimbuye Tim Davie weguye kuri uyu mwanya kubera amashusho ya Donald Trump yatambukijwe yatunganyijwe mu buryo bwatumye ubutumwa yavuze buhinduka.   …

Matt Brittin wayoboye Google yagizwe umuyobozi wa BBC Read More
Hanze

Kenya: Imirambo y’Abantu 32 yasanzwe mu byobo yiganjemo iy’abana

March 25, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Mu gace ka Kericho muri Kenya hataburuwe imirambo 32 y’abantu biganjemo abana bari baratabwe mu mva rusange ndetse ubu iperereza rirakomeje ngo hamenyekane icyabishe.   Ibikorwa byo gutaburura imirambo byatangijwe …

Kenya: Imirambo y’Abantu 32 yasanzwe mu byobo yiganjemo iy’abana Read More

Posts pagination

Previous 1 … 3 4 5 … 27 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.