Skip to content
January 17, 2026

VUBANEWS

  • Home
  • Sample Page
Main Menu

Hanze

Hanze

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Urukiko rwa Koreya y’Epfo rwahamije uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol ibyaha bifitanye isano no gutangaza igisirikare kidasanzwe (martial law) mu Ukuboza 2024, rumukatira igifungo cy’imyaka itanu nk’uko tubicyesha Aljazeera. …

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 Read More
Hanze

U Bufaransa n’u Bwongereza byashinjwe kuganisha u Burayi mu manga

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ibihugu by’u Bwongereza n’u Bufaransa byashinjwe gushyira u Burayi mu kaga ko kwinjira mu ntambara ikomeye ishobora kubuhungabanya, nyuma ya gahunda zabyo zo kohereza ingabo muri Ukraine. Ibi byatangajwe na …

U Bufaransa n’u Bwongereza byashinjwe kuganisha u Burayi mu manga Read More
Hanze / Urukundo

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umugore mwiza yatangaje ko igihe kigeze ngo abone umugabo azajya yita uwe iteka ryose kandi ngo ntiyitaye ku mico ye. Ibyo yabitangaje anyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumara igihe …

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta Read More
Hanze

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Mu Mujyi wa Butembo uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abaturage bahagaritse imirimo barigaragambya basaba ko amahoro n’ituze byagaruka , bashimangira ko gutandukanye imitwe yitwaje intwaro n’abajura bitwaje intwaro bibakomereye. …

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura Read More

Recent Posts

  • Perezida Kagame Paul yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
  • Mukantaganzwa Donatilla, Ati “Nta mucamanza watanga ubutabera bunoze yitwara nabi”
  • Umuhanzi Bruce Mellodie yasusurukije abitabiriye ubukwe bwa niyo bosco mu byishimo byinshi baranarira.
  • Bwiza: Nyuma yo kwambarira NIYO BOSCO nawe turamunywera vuba
  • FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

Categories

  • Hanze
  • Imikimo
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Uncategorized
  • Urukundo

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 VUBANEWS.
Powered by WordPress and HitMag.