Skip to content
Top Menu
March 3, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Hanze

Hanze

Perezida Ruto wa Kenya yanenzwe nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ntiyamagane ibya US na Israel kuri Iran

March 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Kugeza ubu uretse Perezida Ruto, abandi bakuru b’ibihugu byo mu karere Kenya irimo hafi ya bose birinze kuvuga kuri iyi ntambara mu burasirazuba bwo hagati Perezida wa Kenya arimo kunengwa …

Perezida Ruto wa Kenya yanenzwe nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ntiyamagane ibya US na Israel kuri Iran Read More
Hanze

Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu

March 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru amasasu menshi yumvikaknye hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Burkina Faso ariko kugeza ubu ibirambuye ku byabaye ntibiramenyekana. Radio RFI ivuga ko bishoboka …

Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu Read More
Hanze

Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera

March 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umunyamabanga w’Inama Nkuru y’Umutekano ya Iran, Ali Larijani yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli babateye icyuma mu mutima nyuma yuko bishe Umuyobozi w’Ikirenga wabo, Ayatollah Ali Khamenei …

Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera Read More
Hanze

Ni nde ushobora gusimbura Ayatollah Khamenei?

March 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’ikirenga w’iki gihugu Ayatollah Ali Khamenei, ubu haribazwa umuntu ushobora guhita amusimbura, mu gihe hari amazina arimo guhwihwiswa n’ubushake bw’abategetsi bwo guterana vuba bagashyiraho umusimbura, hari n’impungenge …

Ni nde ushobora gusimbura Ayatollah Khamenei? Read More
Hanze

Iran yemeje ko uwari Umuyobozi w’Ikirenga wayo yahitanwe n’ibitero bya Amerika na Israel

March 1, 2026March 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Iran yemeje ko uwari Umuyobozi w’Ikirenga wayo yahitanwe n’ibitero bya Amerika na Israel Itangazamakuru rya leta bya ya Iran ryatangaje ko uwari umuyobozi w’ikirenga wayo, Ayatollah al Khameniei yahitanwe n’ibitero …

Iran yemeje ko uwari Umuyobozi w’Ikirenga wayo yahitanwe n’ibitero bya Amerika na Israel Read More
Hanze

AFC/M23 yemeje urupfu rwa Col. Willy Ngoma wishwe na Drone za Congo.

March 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ni mwitangazo ryashyizwe hanze n’uyu mutwe wa AFC/M23 ugenzura ibice bya kivu zombi rigasinywa na Laurence KANYUKA  Umuvugizi w’iri huriro kuri uyu wa 28 Gashyantare 2026 n’akababaro kenshi agaragaza imyitwarire …

AFC/M23 yemeje urupfu rwa Col. Willy Ngoma wishwe na Drone za Congo. Read More
Hanze

Denmark yavugutiye Umuti iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu

February 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko kugeza ubu ku Isi ibihugu 23 ari byo bimaze kurandura kwanduza umwana SIDA na Mburugu biturutse ku mubyeyi. Ibi byatangajwe ku …

Denmark yavugutiye Umuti iby’ababyeyi banduza abana SIDA na Mburugu Read More
Hanze

Iran mu mujinya mwinshi yasubije bitero bya Israel na USA.

February 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umutwe w’ingabo zidasanzwe za Iran, IRGC, watangaje ko uri kugaba igitero cya misile na drones muri Israel mu rwego rwo kwihorera. Uyu mutwe wagize uti “Mu rwego rwo gusubiza ubushotoranyi …

Iran mu mujinya mwinshi yasubije bitero bya Israel na USA. Read More
Hanze

Israel yigambye kongera kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Iran, Tehran.

February 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’umwuka mubi ukomeje Israel na Iran iki gihugu cya Israel cyigambye kugaba ibitero muri Iran ndetse bakemeza koi bi bitero byageze kucyo bifuzaga cyane ko bavugako bafite impungenge ku …

Israel yigambye kongera kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Iran, Tehran. Read More
Hanze

Urupfu rwa Col. Willy GOMA rwavugishije benshi muri Africa runababaza benshi.

February 27, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

rupfu rwa Col. Willy GOMA rwavugishije benshi muri Africa runababaza benshi. Amakuru avuga ko Col. Willy Goma, wari umuvugizi mu bya gisirikare w’umutwe wa M23, yarashwe n’ingabo za Leta ya …

Urupfu rwa Col. Willy GOMA rwavugishije benshi muri Africa runababaza benshi. Read More

Posts pagination

1 2 … 8 Next

Recent Posts

  • Mani Martin yasuye ingoro ndangamateka na Kaminuza ya Hiroshima mu Buyapani
  • Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
  • Bwiza werekeje muri Sweden akomeje guhisha ubukwe bwe
  • Perezida Ruto wa Kenya yanenzwe nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ntiyamagane ibya US na Israel kuri Iran
  • Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

Samusure “Nzarongora bitarenze uyu mwaka mve mu basore”

February 28, 2026February 28, 2026

korari yamabara amakariso gusa yaciye abantu ururondogoro

February 19, 2026

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

iShowSpeed yahuye n’uruvagusenya muri Egiputa

January 17, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.