Skip to content
Top Menu
April 17, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Hanze

Hanze / Imyidagaduro

U Bubiligi: Brad Pitt yatumye ‘Parc du Cinquantenaire’ ifunga

March 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umukinnyi wa filime, Brad Pitt yatumye agace ka Parc du Cinquantenaire i Bruxelles mu Bubiligi gakundwa na ba mukerarugendo, gafunga amasaha make, kubera ibikorwa yahakoreye byo gufata amashusho ya filime. …

U Bubiligi: Brad Pitt yatumye ‘Parc du Cinquantenaire’ ifunga Read More
Hanze

Muri Haiti, Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi

March 31, 2026March 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

  Abantu 70 bishwe, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi  hafi ya Petite-Rivière, mu karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, ‘Defenseurs …

Muri Haiti, Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi Read More
Hanze

Perezida wa FIFA yashimiye u Rwanda rwakiriye neza FIFA Series 2026

March 31, 2026March 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ku wa Mbere tariki ya 30 Werurwe ni bwo i Kigali hasojwe iri rushanwa ry’iminsi ine ry’imikino ya gishuti ya FIFA Series yahuje ibihugu umunani byo ku Migabane y’Isi itandukanye …

Perezida wa FIFA yashimiye u Rwanda rwakiriye neza FIFA Series 2026 Read More
Hanze

Somaliland yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar, Trump namwirukana

March 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Somaliland yatangaje ko yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar mu gihe yaba yirukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump, kubera ibyaha ashinjwa.   Uyu mugore ufite …

Somaliland yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar, Trump namwirukana Read More
Hanze

Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa

March 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abapilote babiri, Mackenzie Gunther …

Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa Read More
Hanze

Nepal: Minisitiri w’Intebe yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi

March 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

KP Sharma Oli wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Nepal, yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha ingufu z’umurengera mu guhosha imyigaragambyo yabaye umwaka ushize igahitana abantu benshi.   Yatawe muri yombi mu …

Nepal: Minisitiri w’Intebe yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi Read More
Hanze

Dore uko Uburusiya na Canada barikungukira muri iyi ntambara ya Iran na America

March 28, 2026March 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Kuva ku izamuka ry’ibiciro by’ubushyuhe mu mazu yo muri Yorkshire mu Bwongereza kugeza ku ifungwa ry’amashuri muri Pakisitani kugira ngo habeho kuzigama amafaranga, ikigaragara n’uko ingaruka z’ubukungu z’intambara yo mu …

Dore uko Uburusiya na Canada barikungukira muri iyi ntambara ya Iran na America Read More
Hanze

Dore impamvu nyamukuru ituma Iran yanga ibiganiro na America – Israel

March 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Muri iki cyumweru, Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani bari kugirana “ibiganiro byiza kandi bitanga umusaruro” kugira ngo bahagarike intambara. Ariko Iran yabihakanye yivuye inyuma. …

Dore impamvu nyamukuru ituma Iran yanga ibiganiro na America – Israel Read More
Hanze

kuba aba-Houthi basubukuye ibitero ni ikibazo gikomeye kuri Israel

March 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ibitero bya misile by’umutwe w’aba-Houthi wo muri Yemen kuri Israel, byatangiye hagati mu kwezi kw’Ukwakira (10) mu 2023, nyuma yuko intambara yo muri Gaza itangiye, byangije ibintu bicye cyane. Ibyo …

kuba aba-Houthi basubukuye ibitero ni ikibazo gikomeye kuri Israel Read More
Hanze

Akiva mu nama ya G7 Marco Rubio avuze ko intambara na Iran igomba guhagarara mu byumweru bike.

March 28, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umujyanama wa Prezida wa Leta Zunze ubumwe za America Donald Trump, Marco Rubio agisohoka mu cyumba cyaberagamo inama ihuza ibihugu by’ibihangange byibumbiye mu muryango biwita G7 yaganiriye n’itangazamakuru maze ababwira …

Akiva mu nama ya G7 Marco Rubio avuze ko intambara na Iran igomba guhagarara mu byumweru bike. Read More

Posts pagination

Previous 1 2 3 … 27 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.