Skip to content
Top Menu
June 9, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Rwanda

Min. Marizamunda yagaragaje ko umutekano udasigana n’iterambere

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yashimangiye ko umutekano n’iterambere bijyana, kandi ko umutekano urambye udashoboka hatabayeho uruhare rugaragara rw’abaturage. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere, tariki 09 Werurwe, mu gutangiza …

Min. Marizamunda yagaragaje ko umutekano udasigana n’iterambere Read More
Rwanda

Umugabo wakoraga ku Bitaro by’i Gitwe yasanzwe mu nzu yapfuye

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ruhango: Ngabonziza Nicodème wari ushinzwe ibikorwa by’isuku mu Bitaro by’i Gitwe, bamusanze iwe yashizemo umwuka. Amakuru UMUSEKE wamenye ahamya ko Ngabonziza Nicodème w’imyaka 60 y’amavuko yasanzwe iwe mu rugo yapfuye. …

Umugabo wakoraga ku Bitaro by’i Gitwe yasanzwe mu nzu yapfuye Read More
Hanze / Imyidagaduro

Ibishya kuri album ya Rihanna itegerejwe imyaka

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nyuma y’igihe kinini abakunzi b’umuziki wa Rihanna, bategereje album ye nshya, amakuru ahari ashimangira ko ayigeze kure, ndetse izaba iriho indirimbo zirenze imwe yakoranye na A$AP Rocky babyaranye.   Album …

Ibishya kuri album ya Rihanna itegerejwe imyaka Read More
Rwanda

RDF na Polisi batangiye ibikorwa bizamura imibereho myiza y’abaturage

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Kuva kuri uyu wa Mbere, Ingabo na Polisi by’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego batangiye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere. Ibi bikorwa bikubiye mu nsanganyamatsiko igira iti “Ubufatanye …

RDF na Polisi batangiye ibikorwa bizamura imibereho myiza y’abaturage Read More
Imyidagaduro / Rwanda

Judence Kayitesi yahawe igihembo cy’indashyikirwa mu kwandika ibitabo

March 9, 2026March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Judence Kayitesi yahawe igihembo cy’Umuyobozi w’indashyikirwa mu ruganda rwo gutangaza ibitabo (Woman in Publishing Leader) mu birori bya Women Book Awards 2026, hanizihizwa Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore ku rwego rw’Isi. Iki …

Judence Kayitesi yahawe igihembo cy’indashyikirwa mu kwandika ibitabo Read More
Imikino / Imyidagaduro

APR BBC yasinyishije umukinnyi wegukanye NBA mbere yo kwinjira muri BAL 2026

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ikipe ya APR Basketball Club yasinyishije umukinnyi w’Umunya-Amerika, Quinn Cook, wegukanye NBA, mu rwego rwo kwitegura imikino ya Basketball Africa League. Quinn Cook w’imyaka 32 y’amavuko yamenyekanye cyane muri NBA aho …

APR BBC yasinyishije umukinnyi wegukanye NBA mbere yo kwinjira muri BAL 2026 Read More
Imyidagaduro

1:55 AM yunze amaboko na KIKAC Music

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Inzu ebyiri zikomeye zireberera inyungu z’abahanzi mu Rwanda, 1:55 AM Ltd na KIKAC Music, zunze amaboko zikaba zigiye gutangiza irushanwa ry’abanyempano mu muziki. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Coach Gael …

1:55 AM yunze amaboko na KIKAC Music Read More
Imyidagaduro

Harmonize yishyuye akayabo uwahoze ari umugore we w’Umutaliyanikazi

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Harmonize yatangaje ko yamaze kugera ku bwumvikane n’uwahoze ari umugore we w’Umutaliyani, Sarah Michelotti, barangiza burundu amakimbirane yari amaze igihe akurikiranwa mu nkiko. Uyu muhanzi yavuze ko yemeye kumuha amafaranga …

Harmonize yishyuye akayabo uwahoze ari umugore we w’Umutaliyanikazi Read More
Rwanda

Umuyobozi w’Ishuri aravugwaho kunyereza ibikoresho by’ikigo

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuyobozi w’Ishuri ribanza rya Nyabikenke mu Murenge wa Rongi, arakekwa kugurisha imifuka 6 ya Sima, we ahakana ko atazi aho iyo nkuru imuvugwaho yavuye. Bamwe mu baturage bavuga ko baherutse …

Umuyobozi w’Ishuri aravugwaho kunyereza ibikoresho by’ikigo Read More
Hanze

America yatangaje urupfu rw’abandi basirikare babiri

March 9, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ubuyobozi Bukuru bw’ingabo za America muri Aziya, (U.S. Central Command, CENTCOM) bwemeje ko hari abandi basirikare babiri bapfuye harimo uwazize ibikomere by’ibisasu bya Iran. Itangazo ry’igisirikare cya America rivuga ko …

America yatangaje urupfu rw’abandi basirikare babiri Read More

Posts pagination

Previous 1 … 33 34 35 … 78 Next

Recent Posts

  • Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Qatar
  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.