Skip to content
Top Menu
April 23, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Imikino / Imyidagaduro

NBA: Bam Adebayo yatsinze amanota 83 mu mukino umwe

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Bam Adebayo ukinira Miami Heat yatsinze amanota 83 mu mukino ikipe ye ya yatsinzemo Washington Wizard amanota 150-129 muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA). Ni …

NBA: Bam Adebayo yatsinze amanota 83 mu mukino umwe Read More
Hanze

Koreya ya Ruguru yashimye Umuyobozi w’Ikirenga Iran yashyizeho

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Koreya ya Ruguru yagaragaje ko yishimiye ishyirwaho ry’Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei nyuma y’urupfu rwa se Ali Khamenei Ayotallah, wahoze kuri uwo mwanya, ivuga ko bubaha uburenganzira n’icyemezo …

Koreya ya Ruguru yashimye Umuyobozi w’Ikirenga Iran yashyizeho Read More
Hanze

Urupfu rw’Umukobwa wapfuye amaze kubagwa Ikibuno

March 11, 2026March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Urupfu rw’umukobwa wo mu Nigeria Elena Jessica(23) nyuma yo gukorerwa operation yo kongera ingano y’amatako (BBL) rwateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse hanasabwa iperereza ryimbitse. Uyu mukobwa yapfuye nyuma …

Urupfu rw’Umukobwa wapfuye amaze kubagwa Ikibuno Read More
Hanze / Imyidagaduro

Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego …

Umugore warashe kwa Rihanna ashobora gufungwa burundu Read More
Rwanda

Gen Muganga yashimangiye ko RDF izajya ikumirira kure ibyahungabanya Abanyarwanda

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yashimangiye ko zizajya zikumirira kure ibishobora guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda, zishingiye ku murage wasizwe n’abakurambere.   Ubu butumwa yabugejeje ku batuye mu …

Gen Muganga yashimangiye ko RDF izajya ikumirira kure ibyahungabanya Abanyarwanda Read More
Hanze

Trump yatangaje ko intambara izarangira vuba, Iran ivuga ko atari we ubigena

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko intambara yo muri Iran izarangira vuba, ariko Iran ihita imusubiza ivuga ko ari yo izagena igihe iyo ntambara izarangirira. …

Trump yatangaje ko intambara izarangira vuba, Iran ivuga ko atari we ubigena Read More
Imyidagaduro

RIB yahakanye ko yahamagaje G Tuff kubera ‘indirimbo ye y’ibishegu’

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwahakanye amakuru ko rwahamagaje G Tuff kubera indirimbo aherutse gukora imaze iminsi irikoroza ku mbuga nkoranyambaga, kubera amagambo ayirimo benshi bemeza ko ari ibishegu.   Ku …

RIB yahakanye ko yahamagaje G Tuff kubera ‘indirimbo ye y’ibishegu’ Read More
Hanze / Imyidagaduro

Dlala Thukzin uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo azataramira i Kigali.

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Thuthuka Wandile Zindlovu wamamaye nka Dlala Thukzin mu muziki wa Afurika y’Epfo ategerejwe mu gitaramo ‘Atmosphera’ gisanzwe gitegurwa na DJ Lamper.   Iki gitaramo kizabera muri Camp Kigali ku wa …

Dlala Thukzin uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo azataramira i Kigali. Read More
Hanze / Imyidagaduro

Umugabo wa Selena Gomez yisobanuye ku by’umwanda ashinjwa

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umugabo wa Selena Gomez, Benny Blanco, yavuze ko afite ibirenge bihumura, nyuma y’uko bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamushinje ko ibirenge bye byasaga nabi mu kiganiro cya ’Friends Keep Secrets’ …

Umugabo wa Selena Gomez yisobanuye ku by’umwanda ashinjwa Read More
Rwanda

RIB yafunze umugabo n’umugore we bakurikiranyweho kwica abantu batatu

March 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Ndayisaba Félicien n’umugore we, Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara, bakurikiranyweho ubwicanyi, gushyinyagurira no guhisha imibiri y’abantu batandukanye nyuma yo kubica. …

RIB yafunze umugabo n’umugore we bakurikiranyweho kwica abantu batatu Read More

Posts pagination

Previous 1 … 28 29 30 … 78 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.