Skip to content
Top Menu
October 19, 2025
  • Rwanda
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Hanze
  • Iyobokamana
  • Ubuzima
  • Rwanda
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Hanze
  • Iyobokamana
  • Ubuzima

Yose hano kandi Vuba

  • Rwanda
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Hanze
  • Iyobokamana
  • Ubuzima
Main Menu

Ubuzima

Hanze / Ikoranabuhanga / Ubuzima

Sosiyete ya Apple igiye gushyira ku isoko telefone ya iPhone Air ifite agaciro ka 1.633.023 Frw

October 15, 2025October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Sosiyete z’itumanaho mu Bushinwa zemerewe gutanga serivisi za e-SIM, ibintu bizatuma telefoni ya Apple yo mu bwoko bwa iPhone Air igura angana na 1.633.023 Frw itangira kugurishwa muri iki Gihugu. …

Sosiyete ya Apple igiye gushyira ku isoko telefone ya iPhone Air ifite agaciro ka 1.633.023 Frw Read More
Ubuzima

Dore impamvu ukwiriye kurya ibiribwa bibisi buri munsi

October 15, 2025October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Kurya ibiribwa bibisi buri munsi bifite umumaro ukomeye ku buzima bw’umuntu kuko bigira uruhare mu kongerera ingufu umubiri, kuwurinda indwara no kuwufasha gukora neza. Iyo ibyo kurya bitetse, ubushyuhe butuma …

Dore impamvu ukwiriye kurya ibiribwa bibisi buri munsi Read More
Ubuzima

Uko wamenya niba waranduye Kanseri y’udusabo tw’intanga ngore

October 15, 2025October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Niba wajyaga wibaza uko wamenya niba waranduye Kanseri y’udusabo tw’intanga ngore , iyi nkuru ni wowe yandikiwe. Ushobora kuba kandi nta makuru wari ubifiteho. Soma iyi nkuru witonze. Ubusanzwe kanseri …

Uko wamenya niba waranduye Kanseri y’udusabo tw’intanga ngore Read More
Ubuzima

Menya impamvu bamwe mu bagore batera umugongo abagabo mu buriri n’icyo bakwiriye gukora

October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Bitewe n’impamvu zitandukanye, umugore ashobora kwiyima umugabo mu gihe uwo mugabo we yifuza ko bahuza urugwiro bagatera akabariro, ariko menya impamvu umugore yiyima uwo bashakanye. Impamvu ya mbere itera umugore …

Menya impamvu bamwe mu bagore batera umugongo abagabo mu buriri n’icyo bakwiriye gukora Read More
Ubuzima

Impamvu gufunga inkari igihe kirekire ari bibi ku mubiri w’umuntu

October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Hari igihe akazi kaba kenshi, bikagorana guhaguruka katarangiye, bamwe bagatangira kwiga umuco wo gufata inkari bakazitindana cyane mbere y’uko bajya kwihagarika. Ibi rero bishobora gutera ibibazo nk’uko tugiye kubirebera hamwe. …

Impamvu gufunga inkari igihe kirekire ari bibi ku mubiri w’umuntu Read More
Ubuzima

Icyo ibara ry’inkari risobanuye ku mikorere y’umubiri w’umuntu n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga

October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Umuvuzi kabuhariwe yatangaje ko hari byinshi umuntu yakwigira ku mubiri we abinyujije mu kureba ibara ry’inkari yihagaritse nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru. Ibyo ni ibintu bishobora kumufasha kumenya …

Icyo ibara ry’inkari risobanuye ku mikorere y’umubiri w’umuntu n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga Read More
Ubuzima

Dore ibyago bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije

October 14, 2025October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Burya kunywa amazi ni ingenzi, niba utarajyaga ubyitaho, soma iyi nkuru urakuramo amakuru ahagije agufasha kumenya impamvu nyamukuru ukwiriye gutangira kwibanda ku mazi. Ubusanzwe kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo …

Dore ibyago bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije Read More
Ubuzima

Ukwiye kwihutira kujya kwa muganga ukibona kimwe muri ibi bimenyetso

October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Hari ibimenyetsi bimwe na bimwe ushobora kwibonaho ugahita ujya kwa muganga nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Soma iyi nkuru ubashe gusobanukirwa. Muri ibyo bimenyetso harimo; nko kuribwa cyangwa ububabare butandukanye, buba …

Ukwiye kwihutira kujya kwa muganga ukibona kimwe muri ibi bimenyetso Read More
Ubuzima

Dore ibimenyetso byakumenyesha ko urwaye Prostate

October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika. Muri iyi nkuru urasobanukirwa n’uko wamenya niba karamaze kwandura Kanseri ya Prostate. …

Dore ibimenyetso byakumenyesha ko urwaye Prostate Read More
Ubuzima

Igisobanuro cy’indwara ya PICA itera abantu kurya ibitari ibiryo

October 14, 2025 - by admin - Leave a Comment

Hari umubare munini w’abantu usanga bakunze kurya ibintu bitari ibiryo nk’ibyuma, umucanga, ibitaka, ibinonko, ibiti n’ibindi byinshi.Muri iyi nkuru urasobanukirwa impamvu yabyo. Akenshi usanga ari abana n’abagore batwite, ariko ntibigarukira …

Igisobanuro cy’indwara ya PICA itera abantu kurya ibitari ibiryo Read More

Posts pagination

1 2 Next

Ikoranabuhanga

View All
Hanze / Ikoranabuhanga / Ubuzima

Sosiyete ya Apple igiye gushyira ku isoko telefone ya iPhone Air ifite agaciro ka 1.633.023 Frw

October 15, 2025October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Sosiyete z’itumanaho mu Bushinwa zemerewe gutanga serivisi za e-SIM, ibintu bizatuma telefoni ya Apple yo mu bwoko bwa iPhone Air igura angana na 1.633.023 Frw itangira kugurishwa muri iki Gihugu. …

Iyobokamana

View All
Iyobokamana

Israel Mbonyi ategerejwe muri Gen-Z Comedy

October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ari mu bitezwe kuririmba bwa mbere mu gitaramo cya Gen-Z Comedy, kizabera muri Camp Kigali ku wa 30 Ukwakira 2025. Ni …

Vestine yasobanuye iby’urushako rwe

October 15, 2025October 15, 2025

Kenya : Umubikira arakekwaho kwica aroze mugenzi we  wamuyoboraga

October 14, 2025

Vestine na Dorcas berekeje muri Canada

October 13, 2025

Cinema

View All
Cinema / Imyidagaduro

Umukinnyi wa Filime Willy Ndahiro agiye kumurika umukino yiseNdabaga

October 15, 2025 - by admin - Leave a Comment

Umukinnyi wa filime Willy Ndahiro wamamaye cyane muri filime “Ikigeragezo cy’ubuzima”, agiye kumurika umukino w’ikinamico n’umuziki. Ni umukino yise ngo “Ndabaga: The Musical” akaba ari igihangano gishingiye ku nkuru y’umwari …

Copyright © 2025 .
Powered by WordPress and HitMag.