Skip to content
Top Menu
April 18, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Imyidagaduro

Imyidagaduro / Rwanda

Umubiri ni uwanjye kandi mubinyubahire – Shaddyboo

January 24, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Nyuma y’igihe kinini yibasirwa ku mbuga nkoranyambaga kubera impinduka zigaragara mu mibereho n’imigaragarire ye, Shaddyboo yasabye kubahwa nk’umuntu ufite amahitamo ye. Abinyujije ku rubuga rwa Instagram, Shaddyboo yagaragaje ko anyuzwe …

Umubiri ni uwanjye kandi mubinyubahire – Shaddyboo Read More
Hanze / Imyidagaduro

A$AP Rocky yahishuye ko we na Rihanna bashobora kubyara abana 12

January 24, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

A$AP Rocky yagaragaje ko we na Rihanna bashobora kuzabyara abana benshi ku buryo bazageza ku mubare nk’uwa Nick Canon wabyaye abana 12.   Uyu muraperi yabigarutseho mu kiganiro yahaye ‘The …

A$AP Rocky yahishuye ko we na Rihanna bashobora kubyara abana 12 Read More
Hanze / Imyidagaduro

Gukora ku mugore utagira “Nyash” bitera umwaku wo kujya ikuzimu

January 23, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda Muhoozi Kainelugaba yavuze ko abakobwa n’abagore batagira Nyash baba batera umwaku ndetse ngo bashobora no kukwohereza mu kuzimu ntakabuza kubera kunanuka kwabo. Kainelugaba Muhoozi usanzwe …

Gukora ku mugore utagira “Nyash” bitera umwaku wo kujya ikuzimu Read More
Imyidagaduro / Rwanda

Sinumva Impamvu Umuntu ahohotera Umwana ngo nuko ari mukase!

January 23, 2026January 23, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Micky wamamaye muri filimi nyarwanda yijujutiye ababyeyi bahohotera abana ngo nuko ari ba mukase yemeza ko ari ubunyamaswa ndetse bidakwiye umugore w’umunyarwandakazi n’ubwio byatangiye kera ariko si igikorwa cy’irwanda nagato. …

Sinumva Impamvu Umuntu ahohotera Umwana ngo nuko ari mukase! Read More
Imyidagaduro

Bruce Mellodie ari kuzenguruka East Africa yamamaza Pom Pom.

January 23, 2026January 23, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

umuhanzi itahiwau Bruce Mellodie yerekeje mu bihugu bya East Africa aho agiye gukora Media Tour y’indirimbo ye Pom Pom yakoranye na diamondi Platnumz ndetse n’umunya Nigeria Joel Brown. mu ijoro …

Bruce Mellodie ari kuzenguruka East Africa yamamaza Pom Pom. Read More
Imyidagaduro

Urushako rwarirunyishe sinzongera kubitekereza – Miss Muyango

January 23, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Nyuma y’uko mu minsi ishize byagiye bivugwa ko Uwase Muyango yatandukanye n’umugabo we Kimenyi Yves bafitanye umwana w’umuhungu, kuri ubu Muyango yagaragaje ko byamusigiye igikomere. ‎ ‎Ubwo yari mu kiganiro …

Urushako rwarirunyishe sinzongera kubitekereza – Miss Muyango Read More
Imyidagaduro / Rwanda

Vestina: Mbangamiwe n’abanyiyitirira bakamvugira ibyontavuze.

January 23, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzikazi Vestina wo mu itsinda rya Vestina na Dorcas riririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana  yatangaje ko abangamiwe n’abamwiyitirira ku mbugankoranyambaga bityo abantu badasobanukiwe iby’imbugankoranyambaga bakabakurikira baziko ariwe banatangaza …

Vestina: Mbangamiwe n’abanyiyitirira bakamvugira ibyontavuze. Read More
Imyidagaduro

Nigeze kunywa ku rumogi mera nkukubiswe n’inkuba mpita nzinukwa

January 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Bruce Melodie yavuze ko amaze igihe yarazibukiriye ibijyanye no kunywa itabi cyangwa ikindi cyose kivamo umwotsi abitewe n’umunsi yigeze kunywa urumogi rukamugwa nabi. Uyu muhanzi yabajijwe ikintu yagerageje gukora agahita …

Nigeze kunywa ku rumogi mera nkukubiswe n’inkuba mpita nzinukwa Read More
Hanze / Imyidagaduro

50 Cent yagaragaje impamvu Nicki Minaj na Kanye West bamwangishije politiki n’idini

January 22, 2026January 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuraperi Curtis Jackson uzwi nka 50 Cent, yatangaje ko yirinda cyane kwivanga mu by’amadini no muri politiki, avuga ko ari byo byagize ingaruka mbi ku isura ya Kanye West (Ye) …

50 Cent yagaragaje impamvu Nicki Minaj na Kanye West bamwangishije politiki n’idini Read More
Hanze / Imyidagaduro

Jose Chameleone yafunguye Radio i Bujumbura

January 22, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi w’umunyabigwi wanditse izina muri Afurika ukomoka muri Uganda, Jose Chameleone yafunguye Radio i Burundi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ko ubu yamaze gufungura Radio izajya ivugira …

Jose Chameleone yafunguye Radio i Bujumbura Read More

Posts pagination

Previous 1 … 30 31 32 … 35 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.