Skip to content
January 17, 2026

VUBANEWS

  • Home
  • Sample Page
Main Menu

Imyidagaduro

Imyidagaduro

Umuhanzi Bruce Mellodie yasusurukije abitabiriye ubukwe bwa niyo bosco mu byishimo byinshi baranarira.

January 17, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

  Ku wa 16 mutarama umuhanzi Bruce Mellodie yatashye ubukwe bwa Niyo Bosco anasusurutsa ababutashye mu ndirimbo ze zikunzwe cyane na benshi byumwihariko abari muri uwo muhango bagaragaje ko bishimiye …

Umuhanzi Bruce Mellodie yasusurukije abitabiriye ubukwe bwa niyo bosco mu byishimo byinshi baranarira. Read More
Imyidagaduro

Bwiza: Nyuma yo kwambarira NIYO BOSCO nawe turamunywera vuba

January 17, 2026January 17, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ku wa 16 Mutarama 2026 nibwo umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no hanze y’u Rwanda Niyo Bosco yasabye akanakwa umukunziwe Irena Mukamisha. Uyu muhango witabiriwe n’ibyamamare byinshi by’umwihariko abahanzi basanzwe bakorana …

Bwiza: Nyuma yo kwambarira NIYO BOSCO nawe turamunywera vuba Read More
Imyidagaduro

A$AP Rocky yahishuye ko nyina ari we wamushishikarije gukundana na Rihanna

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umuraperi w’icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, A$AP Rocky, yatangaje inkuru itari izwi na benshi ku mubano we n’umuhanzikazi Rihanna, aho yavuze ko nyina ari we wabanje kumutera …

A$AP Rocky yahishuye ko nyina ari we wamushishikarije gukundana na Rihanna Read More
Imyidagaduro

Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026 kuri Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza, Niyo Bosco, ndetse n’umukunzi we Mukamisha …

Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha Read More
Imikimo / Imyidagaduro

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe ku wa Mbere tariki ya 12 …

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi Read More
Imyidagaduro

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umuhanzi Habineza Justin [HAJP] umaze kumenyekana mu njyana ya Hip Hop, yateguje Mixtape yise ngo ‘Inzozi z’Umushonji’ avuga ko izaba ari nziza kubera umwanya yayihaye aboneraho asaba abakunzi b’umuziki muri …

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri Read More

Recent Posts

  • FERWAFA yahisemo amakipe azakinira igikombe cy’intwari ntibyashimisha Kiyovu na Mukura
  • Perezida Kagame Paul yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
  • Mukantaganzwa Donatilla, Ati “Nta mucamanza watanga ubutabera bunoze yitwara nabi”
  • Umuhanzi Bruce Mellodie yasusurukije abitabiriye ubukwe bwa niyo bosco mu byishimo byinshi baranarira.
  • Bwiza: Nyuma yo kwambarira NIYO BOSCO nawe turamunywera vuba

Categories

  • Hanze
  • Imikimo
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Uncategorized
  • Urukundo

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 VUBANEWS.
Powered by WordPress and HitMag.