Skip to content
Top Menu
March 2, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Imikino

Hanze / Imikino

Cristiano Ronaldo ukomeje kwivumbura yasabwe kujya amenya ibyo mu ikipe ye

February 6, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Critiano Ronaldo ukomeje kwivumbura yanga gukinira Al Nassr, shampiyona ya Arabia Saudite yamubwiye kujya amenya ibyo mu ikipe ye. Public Investment Fund ni Ikigo cya Leta ya Arabia Saudite kigenzura …

Cristiano Ronaldo ukomeje kwivumbura yasabwe kujya amenya ibyo mu ikipe ye Read More
Imikino / Imyidagaduro

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - 1 Comment

Tariki 05 Gashyantare, ni umunsi havutseho ibyamamare binyuranye muri ruhago y’Isi, barimo rurangiranwa Cristiano Ronaldo uri muri ba rutahizamu b’ibihe byose. Niba waravutse ku ya 07 Gashyantare ukaba utari umukinnyi …

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru Read More
Imikino

Abakinnyi ba APR FC bibukijwe agaciro k’igikombe cy’Intwari mbere yo gucakirana na Police FC

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Abakinnyi b’ikipe ya APR FC bibukijwe agaciro k’igikombe cy’Intwari mbere yo guhura na Police FC ku mukino wa nyuma. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo iyi kipe y’Ingabo z’igihugu yakoze imyitozo …

Abakinnyi ba APR FC bibukijwe agaciro k’igikombe cy’Intwari mbere yo gucakirana na Police FC Read More
Imikino

Kapiteni w’Amavubi yatandukanye n’ikipe ye, Sahabo atandukana Standard de Liege

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Abakinnyi babiri b’abanyarwanda, Bizimana Djihad wakiniraga Al Ahli Tripoli na Hakim Sahabo wakiniraga Standard de Liege, batandukanye n’aya makipe. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Kapiteni w’Igihugu y’u …

Kapiteni w’Amavubi yatandukanye n’ikipe ye, Sahabo atandukana Standard de Liege Read More
Imikino

APR FC yanze kurekura Niyigena Clement wasinyiye Al Hilal SC

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ikipe ya APR FC yanze kurekura myugariro wayo, Niyigena Clement, wasinyiye Al Hilal SC, ikagaragaza ko ikimukeneye kandi nta gihe gihari cyo gushaka umusimbura we. Ku wa Kane, tariki ya …

APR FC yanze kurekura Niyigena Clement wasinyiye Al Hilal SC Read More
Imikino / Imyidagaduro

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi.

January 30, 2026January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi. Nyuma yaje gusobanura ko nk’Umuyisilamu, nta kibazo afite cyo …

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi. Read More
Imikino

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Bisa n’aho isinya rya Niyigena Clement muri Al Hilal byasubiye inyuma, ni nyuma y’uko ikipe y’Ingabo z’Igihugu akinira anafitiye amasezerano y’amezi 6 ibyo kumurekura itarabyumva neza yifuza kumugumana. Mu byumweru …

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal Read More
Imikino

Police FC isezerera Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma

January 29, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ikipe ya Police FC yatsindiye Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wa kimwe cya kabiri (½) cy’Igikombe cy’Intwari cya 2026, ihita ibona itike yo gukina umukino wa nyuma w’iri rushanwa. …

Police FC isezerera Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma Read More
Imikino

CAF yahannye Sénégal na Maroc zateje imvururu muri CAN 2025

January 29, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe rya Ruhago muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Maroc, ndetse ihagarika Umutoza Pape Thiaw n’abakinnyi batandukanye …

CAF yahannye Sénégal na Maroc zateje imvururu muri CAN 2025 Read More
Imikino

Ikipe y’u Rwanda rwatsinze Zambia muri ’President Cup,’ ruzahatana na Gabon.

January 27, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ikipe y’Igihugu ya Handball yatsinze Zambia mu gikombe cya Afurika kirimo kubera mu Rwanda, ruzahura na Gabon itsinze yegukane ’President Cup’. Nyuma yo kutabasha kurenga itsinda A rwari rurimo, u …

Ikipe y’u Rwanda rwatsinze Zambia muri ’President Cup,’ ruzahatana na Gabon. Read More

Posts pagination

Previous 1 2 3 4 Next

Recent Posts

  • Iran yabwiye Amerika na Isiraheli ko izihorera
  • Ni nde ushobora gusimbura Ayatollah Khamenei?
  • Iran yemeje ko uwari Umuyobozi w’Ikirenga wayo yahitanwe n’ibitero bya Amerika na Israel
  • AFC/M23 yemeje urupfu rwa Col. Willy Ngoma wishwe na Drone za Congo.
  • Soloba arashinjwa na Micky kwiba amafaranga yatuwe mu rusengero ku munsi w’ubukwe bwe.

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

February 15, 2026

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

Samusure “Nzarongora bitarenze uyu mwaka mve mu basore”

February 28, 2026February 28, 2026

Benshi banejejwe no kubona Kamikazi Dorcas mu bukwe bwa Niyo Bosco mu myambarire itagira uko isa.

January 17, 2026January 17, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.