Skip to content
Top Menu
April 20, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Hanze

Hanze

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abarimu bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko batazarangiza igihembwe cya kabiri, igihe baba batishuwe uduhimbazamusyi twabo two …

Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize Read More
Hanze

Indege ya USA yahanukiye muri Iraq yishe bane

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Abantu bane bishwe n’impanuka y’indege ya gisirikare ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagenewe kongenera amavuta indege z’intambara, nyuma yuko  ishwanyukiye muri Iraq nkuko byatangajwe n’Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba …

Indege ya USA yahanukiye muri Iraq yishe bane Read More
Hanze

Eddy Kenzo yahishuye ko yari kumenya neza Ikinyarwanda kubera nyina

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuhanzi Eddy Kenzo yagaragaje ko nubwo akomoka muri Ankole muri Uganda, iyo nyina aza kubaho igihe kirekire yari kuba avuga neza Ikinayarwanda kuko nyina yakomokaga mu Rwanda kandi yakundaga kukimuganiriza. …

Eddy Kenzo yahishuye ko yari kumenya neza Ikinyarwanda kubera nyina Read More
Hanze

umusirikare wiciwe muri Iraq yateje amarira benshe.

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

uva intamabara ya America na Israel kuri Iran itangiye, igitero cya drone cyahitanye umusirikare w’Umufaransa gikomeretsa abanda benshi. Aba basirikare bafite ikigo mu Ntara ya Erbil muri Iraq ari naho …

umusirikare wiciwe muri Iraq yateje amarira benshe. Read More
Hanze

Brésil: Umudipolomate wa Amerika yangiwe gusura Bolsonaro wahoze ari Perezida

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Urukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwanze ubusabe bw’abunganira Jair Bolsonaro bashaka ko Umujyanama wa Donald Trump asura Jair Bolsonaro wari Perezida w’iki gihugu wafunzwe.   Abunganira Bolsonaro bari basabye urukiko rw’ikirenga …

Brésil: Umudipolomate wa Amerika yangiwe gusura Bolsonaro wahoze ari Perezida Read More
Hanze / Imyidagaduro

Itsinda ‘The Pussycat Dolls’ Ryongeye kwihuza nyuma y’imyaka myinshi barashwanye.

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Nicole Scherzinger, Ashley Roberts na Kimberly Wyatt bari bagize itsinda ‘The Pussycat Dolls’ ryakunzwe mu muziki mu myaka yo hambere, bongeye kwihuza bashyira hanze indirimbo, ndetse bateguza ibitaramo.   Aba …

Itsinda ‘The Pussycat Dolls’ Ryongeye kwihuza nyuma y’imyaka myinshi barashwanye. Read More
Hanze

Indege y’igisirikare cya Amerika yahanutse.

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Indege ebyiri z’igisirikare cya Amerika zahanukiye mu Burengerazuba bwa Iraq, imwe ishinzwe kongerera amavuta indege z’intambara irashwanyagurika mu gihe indi yabashije kugera ku butaka neza.   Indege yitwa KC-135 ishinzwe …

Indege y’igisirikare cya Amerika yahanutse. Read More
Hanze / Imyidagaduro

Umukinnyi wa filime Kat Graham yibarutse imfura ye

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Kat Graham uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umugabo we, Bryant Wood, bibarutse umwana wabo w’imfura.   Amakuru yo kwibaruka kwa Kat Graham yamenyekanye …

Umukinnyi wa filime Kat Graham yibarutse imfura ye Read More
Hanze / Rwanda

Ingabo z’u Rwanda muri Jamaica zimaze kubaka inzu 62 n’ibyimba by’ishuri

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo guhangana n’ingaruka z’ibiza byatewe n’inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura idasanzwe yiswe Hurricane Melissa, hamaze kongera kubakwa inzu 62 mu …

Ingabo z’u Rwanda muri Jamaica zimaze kubaka inzu 62 n’ibyimba by’ishuri Read More
Hanze

Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza

March 13, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste

Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, yavuze ko igihugu cyabo kizasaba indishyi Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ku bitero simusiga ibi bihugu byabagabyeho.   Mojtaba Khamenei yaburiye …

Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza Read More

Posts pagination

Previous 1 … 12 13 14 … 27 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.