Skip to content
Top Menu
April 18, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Imyidagaduro / Urukundo

Inkuru y’urukundo rwa Aisha burya abantu tubabona baraciye muri byinshi.

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

ni inkuru y’urukundo yababaje benshi by’umwihariko abari bakurikiye ikaganiro Aisha yagiranye na Taikun Ndahiro kuri narababwiye Tv kuko ni inkuru yagaragaje agahinda Aisha yanyuzemo mu rukundo kubera kubabazwa mu rukundo …

Inkuru y’urukundo rwa Aisha burya abantu tubabona baraciye muri byinshi. Read More
Imikino

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Bisa n’aho isinya rya Niyigena Clement muri Al Hilal byasubiye inyuma, ni nyuma y’uko ikipe y’Ingabo z’Igihugu akinira anafitiye amasezerano y’amezi 6 ibyo kumurekura itarabyumva neza yifuza kumugumana. Mu byumweru …

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal Read More
Rwanda

Perezida wa Togo mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Perezida wa Repubulika ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rugamije gukomeza guteza imbere umubano w’ibihugu byombi. Akimara kugera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i …

Perezida wa Togo mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda Read More
Imyidagaduro

Tanzania Twahagiriye ibihe byiza cyane indirimbo pom pom ikomeje kwaguka – Bruce Mellodie

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Mellodie yatangajeko ibihe ari kugirira muri Tanzania bitagira uko bisa kuko yakiriwe neza cyane kandi indirimbo ye na Diamond Platnumz abantu barushijeho kuyikunda cyane. …

Tanzania Twahagiriye ibihe byiza cyane indirimbo pom pom ikomeje kwaguka – Bruce Mellodie Read More
Imyidagaduro

Element na Bwiza bategerejwe i Burayi mu cyerekezo kimwe cyo kwegereza umuziki nyarwanda isi

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje gushaka umwanya uhoraho ku ruhando mpuzamahanga, abahanzi bawo bakomeje kugaragaza ko ubushobozi bwo kuwugeza kure butagishingiye ku kuba bahuriye ku rubyiniro rumwe. Element Eleeeh na …

Element na Bwiza bategerejwe i Burayi mu cyerekezo kimwe cyo kwegereza umuziki nyarwanda isi Read More
Imyidagaduro

Ibirego byagarukiye mu Bushinjacyaha! Bishop Gafaranga yakomoje ku banyamakuru yareze

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi, Habiyaremye Zacharie wamamaye nka Bishop Gafaranga, yatangaje ko nyuma yo gufungurwa hari abanyamakuru bakorera ku miyoboro ya YouTube n’abandi yari yareze kubera inkuru bagiye bamukoraho, …

Ibirego byagarukiye mu Bushinjacyaha! Bishop Gafaranga yakomoje ku banyamakuru yareze Read More
Rwanda

Gatsibo- Ngarama barishimira ko bubakiwe inzu y’ababyeyi

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Abagana Ibitaro bya Ngarama bavuga imyato Leta y’u Rwanda yabegereje inzu y’ababyeyi kuri ibi bitaro yabakijije umuvundo wabaga aho ababyeyi baruhukiraga nyuma yo kubyara, kuko hari ubwo wasangaga babiri basangiye …

Gatsibo- Ngarama barishimira ko bubakiwe inzu y’ababyeyi Read More
Hanze

Muhoozi Kainerugaba arasaba imbabazi America kubera kuyibeshyera.

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kuyishinja gufasha Bobi Wine kwihisha. Yavuze ko yari ahawe amakuru atari yo, asiba …

Muhoozi Kainerugaba arasaba imbabazi America kubera kuyibeshyera. Read More
Imyidagaduro

Uruntu runtu hagati ya Devis D na Element Eleeeh

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi Davis D umwe mu bakunzwe muri iyi minsi yagaragaje ko umuziki we udashingiye kuri Element Eleeeh abantu bakomeje kumushinja ko badaheruka gukorana kandi yaramukoreye indirimbo nyinshi zakunzwe zigatuma arushaho …

Uruntu runtu hagati ya Devis D na Element Eleeeh Read More
Rwanda

Barafinda yatawe muri yombi na RIB kuberagutangaza amakuru yibihuha.

January 29, 2026January 29, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Barafinda arafunzwe RIB yafunze Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet bakurikiranweho gutangaza amakuru y’ibihuha ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. Abaregwa …

Barafinda yatawe muri yombi na RIB kuberagutangaza amakuru yibihuha. Read More

Posts pagination

Previous 1 … 63 64 65 … 78 Next

Recent Posts

  • Abarenga 10 bashobora kuba baguye mu iturika ry’intwaro i Burundi
  • Tanzania: Ishyaka CHADEMA ryasabye AU kwirukana Jakaya Kikwete
  • Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
  • Aline Gahongayire Kwihangana biramunaniye agaragaza urwo yakunze Abasore bamavubi
  • Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Gatsibo: Ku myaka 42 arigana n’abakiri bato kandi ngo nta cyo bimutwaye

January 16, 2026January 16, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.