Skip to content
Top Menu
March 4, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Ubuzima

Agahinda k’abagabo bafite ibitsina birebire

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umugabo ufite igitsina kinini umubona/umwumva ute? Tutabeshyanye uba wumva ko ari we ushoboye muri cya gikorwa cyo mu gitanda kuko ngo ari bo “bemeza” abo bari kugihuriramo. Icyakora ni ukwibeshya …

Agahinda k’abagabo bafite ibitsina birebire Read More
Imyidagaduro

Micky mbere y’ubukwe abwiye Aga umugabowe imitoma iteye ubwoba

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Mukobwajana Asifiwe uri mu myiteguro ye yanyuma y’ubukwe yavuze amagambo akomeye kumugabo we bagiye gusezerana kubana ibihe byose nyuma y’uko basezeranye mu mategeko bagatangaza ko bazasezerana imbereyimana ku wa 31 …

Micky mbere y’ubukwe abwiye Aga umugabowe imitoma iteye ubwoba Read More
Imyidagaduro

“Uwo mwana ufata nk’igi twe tumurya nk’Ifi” ! Amwe mu magambo akakaye ari mu ndirimbo nshya ya Davis D na Ish Kevin

January 30, 2026January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Indirimbo nshya ya Davis D yasohotse Taliki 25 Mutarama 2026 ni imwe mu ndirimbo ziri gukundwa cyane n’Abanyarwanda ku mbuga nkoranyambaga. Ni indirimbo yafatanyije na Ish Kevin nawe umaze kumenyerwa …

“Uwo mwana ufata nk’igi twe tumurya nk’Ifi” ! Amwe mu magambo akakaye ari mu ndirimbo nshya ya Davis D na Ish Kevin Read More
Imyidagaduro

Mama Sava aricuza amakosa ya cyana yatumye asenya

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Mama Sava yavuze ko yicuza kuba kubura ukwihangana kubera kudakura mu mitekerereze ndetse n’amakuru adahagije yari afite byaratumye atandukana n’uwari umugabo we mu myaka irenga 11 itambutse. Umunyana Analyssa wamamaye …

Mama Sava aricuza amakosa ya cyana yatumye asenya Read More
Hanze

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yasheshwe

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ubutegetsi muri Burkina Faso bwafashe icyemezo cyo gusesa amashyaka yose ya politiki yabarizwaga muri icyo Gihugu. Ni icyemezo cyafashwe ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama 2026. Minisitiri w’Umutekano mu …

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yasheshwe Read More
Imikino

APR FC yanze kurekura Niyigena Clement wasinyiye Al Hilal SC

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ikipe ya APR FC yanze kurekura myugariro wayo, Niyigena Clement, wasinyiye Al Hilal SC, ikagaragaza ko ikimukeneye kandi nta gihe gihari cyo gushaka umusimbura we. Ku wa Kane, tariki ya …

APR FC yanze kurekura Niyigena Clement wasinyiye Al Hilal SC Read More
Hanze / Rwanda

Inkotanyi twarwaniye aha mu Burundi icyumweru cyose turazumutsa

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Inkotanyi twarwaniye aha mu Burundi icyumweru cyose turazumutsa: Ndayishimiye Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko nta banga ry’imirwanire abo yise Inkotanyi barusha igihugu cye, ngo kuko hari igihe yigeze …

Inkotanyi twarwaniye aha mu Burundi icyumweru cyose turazumutsa Read More
Imikino / Imyidagaduro

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi.

January 30, 2026January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi. Nyuma yaje gusobanura ko nk’Umuyisilamu, nta kibazo afite cyo …

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi. Read More
Imyidagaduro / Urukundo

Inkuru y’urukundo rwa Aisha burya abantu tubabona baraciye muri byinshi.

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

ni inkuru y’urukundo yababaje benshi by’umwihariko abari bakurikiye ikaganiro Aisha yagiranye na Taikun Ndahiro kuri narababwiye Tv kuko ni inkuru yagaragaje agahinda Aisha yanyuzemo mu rukundo kubera kubabazwa mu rukundo …

Inkuru y’urukundo rwa Aisha burya abantu tubabona baraciye muri byinshi. Read More
Imikino

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal

January 30, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Bisa n’aho isinya rya Niyigena Clement muri Al Hilal byasubiye inyuma, ni nyuma y’uko ikipe y’Ingabo z’Igihugu akinira anafitiye amasezerano y’amezi 6 ibyo kumurekura itarabyumva neza yifuza kumugumana. Mu byumweru …

Impamvu 3 APR FC ikwiye kurekura Niyigena Clement akajya muri Al Hilal Read More

Posts pagination

Previous 1 … 22 23 24 … 38 Next

Recent Posts

  • Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America
  • Indi mpanuka ikomeye yabaye ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Rubaya yahitanye benshi
  • Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro zahawe imidali na Loni
  • Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu
  • Vybz Kartel, umwami wa Dancehall agiye gukorera igitaramo i Kigali

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

February 15, 2026

Benshi banejejwe no kubona Kamikazi Dorcas mu bukwe bwa Niyo Bosco mu myambarire itagira uko isa.

January 17, 2026January 17, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.