Skip to content
Top Menu
March 4, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Rwanda

Menya Intwari z’u Rwanda

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Intwari ni umuntu uharanira kugera ku ntego yiyemeje, akabikora abikuye ku mutima kandi bigatanga umusaruro ugirira abandi akamaro. Ibyo bikorwa bikorwa mu bwitange, mu kwihangana no mu ndangagaciro zirangwa n’ubupfura, …

Menya Intwari z’u Rwanda Read More
Imyidagaduro

kuberwa ni ingeso yacu – Micky mu bukwe bwe yari aberewe cyane

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

kuri uyu wa 31 Mutarama 2026, Ubwo Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter yakoze ubukwe na Mukobwajana Asifiwe uzwi nka Micky, mu birori byabimburiwe n’umuhango wo gusaba no gukwa.🤍💖 Ubu …

kuberwa ni ingeso yacu – Micky mu bukwe bwe yari aberewe cyane Read More
Imyidagaduro

Ati Abantu badahahira muri Super Maerket ni abakene

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Uyu musore yitwa Chef Arsene. Ni umutetsi. Aherutse kwishongora ku banyarwanda badafite ubushobozi buhagije, avuga ko abantu badahahira muri Supermarket bafite ubushobozi buciriritse. Atangaza ibyo, yari yashyize ho ifoto y’ibicuruzwa …

Ati Abantu badahahira muri Super Maerket ni abakene Read More
Imikino

Kapiteni w’Amavubi yatandukanye n’ikipe ye, Sahabo atandukana Standard de Liege

February 1, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Abakinnyi babiri b’abanyarwanda, Bizimana Djihad wakiniraga Al Ahli Tripoli na Hakim Sahabo wakiniraga Standard de Liege, batandukanye n’aya makipe. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Kapiteni w’Igihugu y’u …

Kapiteni w’Amavubi yatandukanye n’ikipe ye, Sahabo atandukana Standard de Liege Read More
Imyidagaduro

Regis kwifata biranze akoze agashya ku bukwe bwa Micky.

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

kuru uyu wa 31 Mutarama 2026 nibwo Mukobwajana Asifiwe na Pascifique basezeranye imbere y’Imana  ndetse bagira ubukwe bwiza cyane bwa bukwe bubabaza aba EX  ninayo mpamvu Captain Regis yicaye agafata …

Regis kwifata biranze akoze agashya ku bukwe bwa Micky. Read More
Imyidagaduro

Ubukwe bwa Micky ni ubukwe bwa mbere butashywe n’ibyamamare byinshi cyane

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Mukobwajana Asifiwe na Ashimwe Pascifique bazwi nka Micky na Aga Promoter kumbuga nkoranyambaga kuri ubu bamaze gushyingiranwa imbere y’imana nkuko bari babitangaje ko ku wa 31 Mutarama 2026 bazakora ubukwe …

Ubukwe bwa Micky ni ubukwe bwa mbere butashywe n’ibyamamare byinshi cyane Read More
Hanze

Trump ashobora kuzava ku butegetsi ajya muri Gereza

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuyobozi wa mbere ukomeye kwisi hashingiwe kukuba ayoboye igihugu gikomeye cyane kw’isi by’umwihariko kubera uburyo Leta zunze ubumwe z’America zigira uruhare mu biba mu bihugu byinshi byo mwisi biratangaje uburyo …

Trump ashobora kuzava ku butegetsi ajya muri Gereza Read More
Imyidagaduro

Madebeats yatashye mu Rwanda burundu ni umwanya wo gukora ingoma!

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Prodcer Madebeats yagarutse gutura mu Rwanda mu buryo bwa burundu nyuma y’imyaka isaga itatu n’igice yibera mu Bwongereza. Mucyo David wamamaye mu gutunganya umuziki nka Madebeats yageze ku kibuga cy’indege …

Madebeats yatashye mu Rwanda burundu ni umwanya wo gukora ingoma! Read More
Imyidagaduro

Tanzania idahari ntitwarebwa nk’ubu – Bruce Melodie

January 31, 2026January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko igihugu cya Tanzania gifite uruhare runini mu gutuma umuziki wo muri Africa y’Iburasirazuba utumbagira by’umwihariko mu kurebwa ku mbuga mpuzamahanga ziwucuruza . Itahiwacu Bruce uri …

Tanzania idahari ntitwarebwa nk’ubu – Bruce Melodie Read More
Hanze / Imyidagaduro / Ubuzima

France: Gutera akabariro ku bashakanye ntibikiri itegeko

January 31, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa yemeje umushinga w’itegeko ugamije gukuraho burundu igitekerezo cyiswe “inshingano z’abashakanye zo gukora imibonano mpuzabitsina”, aho byafatwaga ko gushyingirwa bisobanuye kuba umuntu agomba kwemera imibonano mpuzabitsina …

France: Gutera akabariro ku bashakanye ntibikiri itegeko Read More

Posts pagination

Previous 1 … 21 22 23 … 38 Next

Recent Posts

  • Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America
  • Indi mpanuka ikomeye yabaye ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Rubaya yahitanye benshi
  • Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro zahawe imidali na Loni
  • Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu
  • Vybz Kartel, umwami wa Dancehall agiye gukorera igitaramo i Kigali

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

February 15, 2026

Benshi banejejwe no kubona Kamikazi Dorcas mu bukwe bwa Niyo Bosco mu myambarire itagira uko isa.

January 17, 2026January 17, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.