Skip to content
Top Menu
March 4, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Ubuzima

Dore ibyo kurya byiza ku mubyeyi utwite

February 3, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ni byiza ko umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana mu mirire. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri icyarimwe: ubwe bwite, n’ubw’uwo atwite.   …

Dore ibyo kurya byiza ku mubyeyi utwite Read More
Ubuzima

Ibyiza byo kurya imbuto aho kuzikoramo umutobe

February 3, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Kumva ko imitobe nta musemburo ubamo bituma abantu benshi bayikunda ku buryo n’imbuto aho kuzirya uko zakabaye bahitamo kuzisya ngo zivemo umutobe. Nubwo abantu bahitamo kunywa umutobe wakozwe mu rubuto …

Ibyiza byo kurya imbuto aho kuzikoramo umutobe Read More
Ubuzima

Menya igihe cyiza cyo kurya imbuto

February 3, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Abantu batandukanye bategura amafunguro ku meza atetse (ahiye), ku ruhande bagashyiraho n’imbuto mu rwego rwo kuzuza indyo iboneye nk’uko abahanga mu by’ubuzima babivuga. Gusa hari abibaza igihe cyiza cyo kurya …

Menya igihe cyiza cyo kurya imbuto Read More
Hanze

America yaba igiye gusimbura u Bufaransa mu bihugu byo muburengerazuba bwa Africa?

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje impinduka ikomeye muri politiki yazo ku bihugu bitatu byo muri Afurika y’Iburengerazuba bihanganye n’inyeshyamba z’Abayisilamu, kandi bifite za guverinoma za gisirikare zahagaritse ubufatanye mu …

America yaba igiye gusimbura u Bufaransa mu bihugu byo muburengerazuba bwa Africa? Read More
Imyidagaduro

Trevor Noah ashobora kuzira urwenya yateye kuri Perezida Trump

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye kwitabaza inkiko nyuma y’aho umunyarwenya Trevor Noah, avuze ko yasuye Jeffrey Epstein wahamijwe ibyaha byo gusambanya abana.   …

Trevor Noah ashobora kuzira urwenya yateye kuri Perezida Trump Read More
Imyidagaduro

The Ben azasusurutsa abagande kuri ”Saint Valentin”

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi w’icyamamare Mugisha Benjamin [The Ben], azahuza abakundana n’umuziki wuje amarangamutima mu gitaramo cyihariye kizabera i Kampala mu gihugu cya Uganda ku wa 14 Gashyantare 2026, umunsi wizihirizwa urukundo ku …

The Ben azasusurutsa abagande kuri ”Saint Valentin” Read More
Imyidagaduro

Bruce Mellodie avuye Tanzania adahuye na Diamond Platnumz.

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Bruce Melodie wari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo ye “Pom Pom” yakoranye na Daimond Platnumz na Brown Joel, mu minsi itatu yagomba kumara muri Tanzania, yahavuye adahuye na Diamond ndetse …

Bruce Mellodie avuye Tanzania adahuye na Diamond Platnumz. Read More
Rwanda / Urukundo

Iyo afunzwe, imusanga kuri kasho; Inka itangaje y’Umunyarwandakazi uba mu Burundi

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umunyarwandakazi Annonciata Mukagahutu umaze imyaka 42 mu Burundi yatangaje ko afite inka itajya mu kiziriko kuko yiragira ikicyura kandi ko inshuro nyinshi yafunzwe kubera kubeshyerwa ko yonnye imyaka y’abaturage, yamusanze …

Iyo afunzwe, imusanga kuri kasho; Inka itangaje y’Umunyarwandakazi uba mu Burundi Read More
Imyidagaduro

Ifoto Tyler The Creator yifotoje yasokoje ‘Amasunzu’ yegukanye ‘Grammy Awards2026’

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ifoto Tyler The Creator yifotoje yasokoje ‘Amasunzu’ yegukanye Grammy Awards mu ijoro ryo ku wa 1 Gashyantare 2026 mu bihembo byatangirwaga mu nyubako izwi nka Crypto.com Arena iherereye mu Mujyi …

Ifoto Tyler The Creator yifotoje yasokoje ‘Amasunzu’ yegukanye ‘Grammy Awards2026’ Read More
Imyidagaduro

Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru

February 2, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki.   Kenzo yari ahatanye mu …

Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru Read More

Posts pagination

Previous 1 … 19 20 21 … 38 Next

Recent Posts

  • Sinigeze nkundana na Titi Brown ntibizanabaho – Nyambo
  • Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America
  • Indi mpanuka ikomeye yabaye ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Rubaya yahitanye benshi
  • Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro zahawe imidali na Loni
  • Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

February 15, 2026

Benshi banejejwe no kubona Kamikazi Dorcas mu bukwe bwa Niyo Bosco mu myambarire itagira uko isa.

January 17, 2026January 17, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.