musore ukekwaho kwica se umubyara akanakoresha amayeri ngo adatahurwa yavuze ko yamuhoye kuba yarabicishaga inzara

Umusore w’imyaka 26 wo mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango ukurikiranyweho kwica umubyeyi we (Se) amunize yarangiza akamushyira mu kiziriko ngo ajijije ko yiyahuye, avuga ko yamuhoye kuba …

musore ukekwaho kwica se umubyara akanakoresha amayeri ngo adatahurwa yavuze ko yamuhoye kuba yarabicishaga inzara Read More

Minisitiri Dr. Bizimana yavuzeko abize aribo bica imivugire y’Ikinyarwanda cyane.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye. Yabikomojeho ku wa Kabiri tariki ya 10 Gashyantare 2026, mu butumwa …

Minisitiri Dr. Bizimana yavuzeko abize aribo bica imivugire y’Ikinyarwanda cyane. Read More

Bwiza, Kevin Kade, Bruce Melodie na Mutesi Jolly mu bahataniye “East Africa Youth Awards”

Mu gihe urubyiruko rwo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba rukomeje kugaragaza impano, udushya n’ubushobozi bwo kuyobora impinduka nziza, amazina y’abanyarwanda akomeje kumvikana ku rwego mpuzamahanga. Uyu mwaka wa 2026, u …

Bwiza, Kevin Kade, Bruce Melodie na Mutesi Jolly mu bahataniye “East Africa Youth Awards” Read More

Umudepite w’u Bubiligi ukomoka muri Congo wavuze ibigwi Rusesabagina yibukijwe ingaruka z’ibyo yakoze

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije Umudepite wo mu Nteko y’u Bubiligi ufite inkomoka muri DRC washimagije Paul Rusesabagina, ko yahamijwe ibyaha by’iterabwoba byagize ingaruka zikomeye zirimo n’abatakaje ubuzima, …

Umudepite w’u Bubiligi ukomoka muri Congo wavuze ibigwi Rusesabagina yibukijwe ingaruka z’ibyo yakoze Read More