Skip to content
Top Menu
March 4, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: UWIDUHAYE Theoneste

Imyidagaduro

Sam Karenzi yavuze uko abamurwanya batangiye kumutumaho abarwanya leta ngo bamute mu mutego

February 12, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umunyamakuru w’Imikino akaba na Nyiri SK FM, Sam Karenzi yavuze ko ubu abamurwanya bageze n’aho bakoresha abarwanya igihugu ngo bamute mu mutego. Ibi uyu munyamakuru yabigarutseho nyuma y’inkundura y’amagambo akomeye …

Sam Karenzi yavuze uko abamurwanya batangiye kumutumaho abarwanya leta ngo bamute mu mutego Read More
Imyidagaduro

Uganda munyitegure namwe ndaje kuri iki cyumwe mbahe show – Bruce Mellodie

February 12, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Mellodie yatangaje ko aricyo gihe ngo yerekeze muri Uganda murugendo rwo gukomeza kwamamaza indoirimbo ye yakoranye na Diamond Platnumz ndetse n’umunya Nigeria Joel Brown …

Uganda munyitegure namwe ndaje kuri iki cyumwe mbahe show – Bruce Mellodie Read More
Imyidagaduro

Uruntu runtu hagati Amaj The Black,Irene na Bruce Mellodie

February 12, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umuhanzi Amaj The Black akomeje kwifatira kugahanga umunyamakuru Irene Murindahabi wavuze ko bamuguriye moto ariko bajyakuyimushyira agakora ikiganiro ari gutuka Bruce Mellodie ibyatumye iki cyemezo bagihagarika maze ntibayimuhe nkuko bari …

Uruntu runtu hagati Amaj The Black,Irene na Bruce Mellodie Read More
Ubuzima

Menya uburyo ubunyobwa ari ingenzi mu kongerera abagabo ubushake bwo gutera akabariro

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ubunyobwa ni kimwe mu biribwa bikomoka ku mbuto byoroshye kuboneka kandi bikunzwe n’abantu benshi. Nubwo abantu benshi babufata nk’ifunguro risanzwe, ubunyobwa bufite akamaro gakomeye ku buzima bw’umubiri, by’umwihariko mu kongerera …

Menya uburyo ubunyobwa ari ingenzi mu kongerera abagabo ubushake bwo gutera akabariro Read More
Urukundo

Abagore gusa: Ni gute wagabanya uburakari bw’umugabo wawe warakaye cyane

February 11, 2026February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Uburakari ni imwe mu miterere abantu bose bagira, kandi bushobora kugaragara mu buzima bw’abashakanye bitewe n’imihangayiko ya buri munsi birirwamo, umunaniro cyangwa ibibazo by’umunsi ku wundi.Ese mugore wakwitwara gute mu …

Abagore gusa: Ni gute wagabanya uburakari bw’umugabo wawe warakaye cyane Read More
Urukundo

Abasore gusa : Uko watereta umukobwa bwa mbere mu gihura

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Guhura bwa mbere n’umukobwa ni intambwe y’ingenzi mu rugendo rw’urukundo. Ni igihe cyo kwiyerekana uko uri, ariko nanone ni igihe cyo kumenya uwo muhura neza. Uburyo witwara muri uko guhura …

Abasore gusa : Uko watereta umukobwa bwa mbere mu gihura Read More
Imikino / Rwanda

Abatoza 688 basabye gutoza ikipe y’igihugu “Amavubi”

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abatoza 688 bamaze gusaba akazi ko gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Amavubi amaze ukwezi idafite umutoza mukuru nyuma yaho FERWAFA itandukanye n’Umubiligi Adel …

Abatoza 688 basabye gutoza ikipe y’igihugu “Amavubi” Read More
Hanze / Rwanda

Ntabwo ntewe ubwoba n’umukandida wa RDC muri OIF- Mushikiwabo

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo urimo kwiyamamariza manda ya gatatu yo kuyobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) yatangaje ko adatewe ubwoba n’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyobowe na Félix Tshisekedi …

Ntabwo ntewe ubwoba n’umukandida wa RDC muri OIF- Mushikiwabo Read More
Imyidagaduro

Uko Madederi ahangana n’abamagambo ashaka kumuca intege

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Dusenge Clenia wamamaye muri sinema nyarwanda nka Madederi yatangaje ko atajya acibwa intege cyangwa ngo yite ku magambo ashobora kumuhuza n’ingeso zo kwicuruza zivugwa mu bakobwa kugira ngo babone amafaranga. …

Uko Madederi ahangana n’abamagambo ashaka kumuca intege Read More
Rwanda

Afurika igomba kwigira aho gutegereza inkunga- Dr Nsengiyumva

February 11, 2026 - by UWIDUHAYE Theoneste - Leave a Comment

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyiraho ingamba zifatika zo guteza imbere umugabane wa Afurika byibanda ku bushobozi bwabyo, aho gukomeza gutegereza inkunga …

Afurika igomba kwigira aho gutegereza inkunga- Dr Nsengiyumva Read More

Posts pagination

Previous 1 … 10 11 12 … 38 Next

Recent Posts

  • Inkomoko ya filime ’Mwenedata’ ya Nyambo azakinamo ari umugore w’indushyi
  • Bruce Melodie yageze mu Bubiligi aho agiye gukorera ibitangaza
  • Gen.Sultani Makenga wa AFC/M23 yagaragaye yagiye gusoza imyitozo y’abasirikare b’umutwe udasanzwe
  • Soloba mu mujinya mwinshi asubije Micky amusaba kureka kumuharabika amushinja kwiba Amafaranga
  • Pazzo Man yavuze uko Fatakumavuta yabafashije mu Igororero

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

February 15, 2026

Benshi banejejwe no kubona Kamikazi Dorcas mu bukwe bwa Niyo Bosco mu myambarire itagira uko isa.

January 17, 2026January 17, 2026

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026

Inkomoko ya filime ’Mwenedata’ ya Nyambo azakinamo ari umugore w’indushyi

March 4, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.