Skip to content
Top Menu
March 3, 2026
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi

  • Imyidagaduro
  • Hanze
  • Rwanda
  • Imikino
  • Urukundo
  • Utuntu n’utundi
Main Menu

Author: Editor

Uncategorized

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyikirije abasifuzi mpuzamahanga b’Abanyarwanda ibirango by’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, bazakoresha muri uyu mwaka wa 2026. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kane …

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026 Read More
Imyidagaduro

A$AP Rocky yahishuye ko nyina ari we wamushishikarije gukundana na Rihanna

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umuraperi w’icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, A$AP Rocky, yatangaje inkuru itari izwi na benshi ku mubano we n’umuhanzikazi Rihanna, aho yavuze ko nyina ari we wabanje kumutera …

A$AP Rocky yahishuye ko nyina ari we wamushishikarije gukundana na Rihanna Read More
Imyidagaduro

Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026 kuri Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza, Niyo Bosco, ndetse n’umukunzi we Mukamisha …

Niyo Bosco yasabye anakwa umukunzi we Irene Mukamisha Read More
Hanze

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Urukiko rwa Koreya y’Epfo rwahamije uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol ibyaha bifitanye isano no gutangaza igisirikare kidasanzwe (martial law) mu Ukuboza 2024, rumukatira igifungo cy’imyaka itanu nk’uko tubicyesha Aljazeera. …

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 Read More
Hanze

U Bufaransa n’u Bwongereza byashinjwe kuganisha u Burayi mu manga

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ibihugu by’u Bwongereza n’u Bufaransa byashinjwe gushyira u Burayi mu kaga ko kwinjira mu ntambara ikomeye ishobora kubuhungabanya, nyuma ya gahunda zabyo zo kohereza ingabo muri Ukraine. Ibi byatangajwe na …

U Bufaransa n’u Bwongereza byashinjwe kuganisha u Burayi mu manga Read More
Imikino / Imyidagaduro

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe ku wa Mbere tariki ya 12 …

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi Read More
Hanze / Urukundo

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umugore mwiza yatangaje ko igihe kigeze ngo abone umugabo azajya yita uwe iteka ryose kandi ngo ntiyitaye ku mico ye. Ibyo yabitangaje anyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumara igihe …

“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta Read More
Hanze

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Mu Mujyi wa Butembo uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abaturage bahagaritse imirimo barigaragambya basaba ko amahoro n’ituze byagaruka , bashimangira ko gutandukanye imitwe yitwaje intwaro n’abajura bitwaje intwaro bibakomereye. …

DRC: Abatuye mu Mujyi wa Butembo bagowe no gutandukanye abasirikare n’abajura Read More
Imyidagaduro

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Umuhanzi Habineza Justin [HAJP] umaze kumenyekana mu njyana ya Hip Hop, yateguje Mixtape yise ngo ‘Inzozi z’Umushonji’ avuga ko izaba ari nziza kubera umwanya yayihaye aboneraho asaba abakunzi b’umuziki muri …

Umuraperi HAJP yateguje EP izaba iriho Green P na Rwabugiri Read More
Rwanda

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana

January 16, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Abagabo bo mu Karere ka Nyagatare bagaragaje ko bamaze kumenya ibyiza byo gufatanya nabo bashakanye kurera abana babo , aho kubibarekera ngo ari bo babikora bonyine. Byagarutsweho ku Munsi wahariwe …

Nyagatare: Abagabo bamaze gusobanukirwa neza n’inyungu yo gufatanya n’abo bashakanye kurera abana Read More

Posts pagination

1 2 Next

Recent Posts

  • Mani Martin yasuye ingoro ndangamateka na Kaminuza ya Hiroshima mu Buyapani
  • Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe
  • Bwiza werekeje muri Sweden akomeje guhisha ubukwe bwe
  • Perezida Ruto wa Kenya yanenzwe nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ntiyamagane ibya US na Israel kuri Iran
  • Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu

Categories

  • Hanze
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Rwanda
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Utuntu n'utundi

Popular Posts

Kim Kardashian na Lewis Hamilton bagaragaye barebana akana ko mu jisho nyuma yuko havuzwe urukundo rw’ibanga

February 9, 2026

Samusure “Nzarongora bitarenze uyu mwaka mve mu basore”

February 28, 2026February 28, 2026

korari yamabara amakariso gusa yaciye abantu ururondogoro

February 19, 2026

Dore bimwe mu byamamare muri ruhago y’Isi byizihiza isabukuru

February 5, 2026

iShowSpeed yahuye n’uruvagusenya muri Egiputa

January 17, 2026

Copyright © 2026 .
Powered by WordPress and HitMag.