umuhanzi irahiwacu bruce wamenyekanye nka bruce mellodie yasabye abamukurikira kugaragaza umugi batuyemo wahano mu rwanda kugirango bahashyire kurutonde rwaho bazataramira mumpeshyi y’uyu mwaka ibi akaba yabitangaje nyuma yo kwemeza bya burundu ko ibi bitaramo ntagisibya bizaba.
ibi bitaramo biteganyijwe ko azabihuriramo na mugenzi we the ben baherutse no gukorana igitaramo cyabaye ku wa 1 Mutarama iki gitaramo cyari cyafashwe nk’icyo kugaragaza ukomeye kurenza undi ninde? muri iki gitaramo habereyemo byinshi twagarutseho munkuru zacu ziheruka.
kubera ibyakurikiye icyogitaramo byatumye the ben yumva atagishaka gukorana ibitambo na Bruce Mellodie ariko kubera ko baribafitanye amasezerano akubiyemo ibihano bikakaye bituma ahitamo gukorana na bruce mellodie ibi bitaramo ibyatumye ibibitaramo byongera gutangazwa ko bizaba mumpeshyi nkuko byari biteganyijwe ni muri urwo rwego rero bruce mellodie ukomeje kubyamamaza.
ni muri urwo rwego bruce mellodie yasabye abakunzibe kugaragaza umugi baherereyemo kugira ababwire niba azabataramira mugihe bataratangaza aho ibitaramo bizabera.
