Ubukwe bwa Linda Priya bwashyize burataha!

Uwankusi Nkusi Lynda wamenyekanye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye ariko akaza no kwamamara nka Lynda Priya muri sinema y’u Rwanda, yakoze ubukwe na Irenge Christian bari bamaze igihe bakundana.

ni nyuma kandi y’igihe kitari gito uyu mukobwa akundana n’umunyarwenya zaba banakinanye filime nyinshi bigana ibihinde bika ari na bimwe mu byatumye amenyekana ubwo bakoreraga kuri channel ya youtube ya Afrmax tv.

gusa kubera ubwiza bw’uyu mukobwa byatumye abakora amafime benshi batangira kumwifuza ibyatumye atangira kugaragara muri filime ya bamenya series amaze igihe kitari gito akinamo .

aha rero ninaho yatangarije ko yatandukanye na zaba maze bidateye kabiri atangaza ko afite umukunzi mushya uyu wanahise amwambika impeta bityo process zubukwe ziratangira none ubukwe bwatashye.

bamwe mubatashye ubu bukwe harimo abakinnyi ba cinema bakinana muri filime ya bamenya series ndetse n’abo muzindi binshiti ze nkuko bigaragara muri aya mafoto.

Linda priya wo muri bamenya series yarongowe!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *