Umugabo wanjye kuba afite uwo babyaranye ntibimugira umugabo we kandi ninge twasezeranye

Umurerwa-Nana wamenyekanye muri cinema nyarwanda akomeje kuvugisha benshi kumbugankoranyambaga nyuma yo gusezerana n’umugabo we abakoresha imbuga inkoranyambaga bareba bakabona arakuze cyane bagereranyije n’ikigero cya Nana maze bavugako Nana ashakanye na tonto we.

Ibi nana yasamiye hajuru maze ababwirako umugabo niyo yaba akuze ari uwe gusa nabo ntibatuza noneho batangirakumubwirako amutwaye undi mugore ndetse batangira no kuzana amafoto yabo barikumwe ndetse hatangira nokujya hanze amakuru yemeza ko uyu mugabo wamaze gusezerana na Nana yabyaranye n’uyu mugore w’umurundikazi.

Ibi nabyo nana yavuzeko kuba barabyaranye bitamugira umugore we cyane ko we bashakanye ari single akomeza agira kujya mu binyamakuru uvuga ko umugabo wawe namugutwaye ntacyo bivuze kuko ntibiribukureho isezerano twagiranye.

Ibi yabitangarije mu kiganiro kwa Sabin wa Isimbi tv aho yanasubizaga abavuzeko ashatse umugabo ukuze kuko afite amafaranga kandi ashobora no kuzamujyana muri America maze asubiza ko umugabo we ari umurundi kandi president Trump yamaze gushiraho inzitizi kubantu b’abarundi kwerekeza muri Leta zunze ubumwe za America kandi ibyo yabimenye mbere iyo biza kuba ari iyo mpamvu rero yari guhita ahagarika ubukwe byihuta kugirango butaba kandi ibyoyashakaga kumugabo abonako bitagishobotse .

Nana yemejeko yakundnye nuriya mugabo ndetse bazanabana akaramata kuko icyabahuje ari urukundo kandi ntaho ruzajya.

Ubundi u busanzwe uyu mukobwa asanzwe akina muri filime za killaman ndetse agakina cyane cyane muri role z’uburaya ibyatumye rero abenshi babishingiraho maze bakavugako ari ibisanzwe kuri we kuba yatwara umugabo wabandi.

Gusa nana akomeje kuvuga ko umugabo we kuba afite umuntu babyaranye bidasobanuye ko yamutwaye uwo babyaranye kuko siwe wambere waba ukundanye n’umugabo wabyaye cyane ko Atari n’umudovorce

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *