kuru uyu wa 31 Mutarama 2026 nibwo Mukobwajana Asifiwe na Pascifique basezeranye imbere y’Imana ndetse bagira ubukwe bwiza cyane bwa bukwe bubabaza aba EX ninayo mpamvu Captain Regis yicaye agafata camera maze akagira ibyo atangaza kuri Micky ku bukwe bwe na Aga Promoter.
Captain Regis ni umwe mu bakundanye na Micky ubwo Micky yari ataramenyekana maze amufasha kumenyekana gusa iby’urukundo rwabo ntibyaje kugenda neza cyane ko baje gushwana maze bakanabwirana amagambo mabi byitwa kwandagazanya gusa ubwo ibyo byabaga Micky yari yaramaze kubona umukunzi mushya witwa Aga Promoter ndetse kubera ubwoba bwigitutu cy’abafana aba bombi babanje kujya bavugako ari ababyara.
gusa nyuma baje kuvuga ukuri bemeza ko bakundana ndetse ko babana Captain Regis akibimenya kwihangana byaramunaniye maze ajya kuri camera nanone aravuga ibyari bibaye nko gusembura Micky kuko byari nka green light ubwo uugamba ruba rurarose nanone barandagazanya karahava.
bidateye kabiri Aga na Micky biyemeje kurushinda ndetse Aga atera ivi Micky arabyemera nyuma yaho nyuma yaho gato bahita bakora umurenge mwiza unogeye amaso ndetse abakunzi babo barishima cyane.
kuri uburero byari ku munsi w’ubukwe nabwo Captain regis kwihangana byamunaniye maze afata camera maze avugako yifurije urugo ruhire Micky n’umukunzi we ndetse ko ntashyari abafitiye ahubwo abakunda kandi abashyigikiye byari message nziza cyane kuburyo nyine ubonako nkumuntu bakundanye byari ibyagaciro kubona Regis azirikana uwo mubano maze akamwifuriza kuzagira urugo ruhire.
gusa ikidasobanutse ni titire y’ikiganiro regis yakoze kuko yandiho ngo Micky umenyeko bitazarangirira aha ariko nanone wakumva ibyo yavuze ukabonako bitandukanye nibyo yanditse kumutwe w’inkuru.
