Mukobwajana Asifiwe na Ashimwe Pascifique bazwi nka Micky na Aga Promoter kumbuga nkoranyambaga kuri ubu bamaze gushyingiranwa imbere y’imana nkuko bari babitangaje ko ku wa 31 Mutarama 2026 bazakora ubukwe niko byagenze.
gusa umukwe bwabo ni ubukwe bwaranzwe no gutahwa n’ibyamamare byinshi mu mateka y’ubukwe bw’abantu bazwi mu rwanda aha twashingiraa nko kubambariye abageni ku mpandezombo yaba ku mukobwa ndatse no ku muhungu kuko nko kuruhande rw’umukobwa Micky yambariwe nabarimo abakobwa benshi bakinana muri cinema nyarwanda ndetse n’abahanzikazi.
mu gihe ku ruhande rw’umuhungu Aga Promoter yambariwe nabarimo Babu wa the choice, papa cyangwe , burikantu na buringuni, Dj Benda nabandi .
ni ubukwe busa neza cyane byumwihariko kubera ababuririmbyemo ndetse n’indi bikorwa byabereye muri ubu bukwe wabonagako bifitanye isano n’ibyamamare nkuko Micky yabivuze ubukwe bwe bwatashjywe na benshi ndetse ubona abantu bishimye cyane kubona urukundo rwaba bombi rwakomeje kugenda ruraswa imijugujugu ariko ntibyababuza gukundana ndetse bakaba bageze ku ntego yabo.
