Mukobwajana Asifiwe uri mu myiteguro ye yanyuma y’ubukwe yavuze amagambo akomeye kumugabo we bagiye gusezerana kubana ibihe byose nyuma y’uko basezeranye mu mategeko bagatangaza ko bazasezerana imbereyimana ku wa 31 Mutarama iri ni ijoro rya nyuma ry’ubukwe bwe uyu mugore rero ahizsemo kugenera umugabo we amagambo akomeye cyane y’urukundo.
ni ku wa 30 Mutarama 2026 ni ijoro rya nyuma ry’ubukwe bwa Mukobwajana Asifiwe uzwi nka Micky na Aga Promoter biteganyijwe ko ku munsi w’ejo ku wa 31 Mutarama 2026 bazaserana imbere y’imana nyuma y’igihe gito basezeranye imbere y’Imana.
ni muri urwo rwego Micky yatoboye maze akavuga mbere yuko asezerana n’umukunzi we maze agira ati ntakintu nakimwe kizantandukanya na Aga icyaba cyose nzakomeza nkukunde kandi uko byagenda kose tuzasazana .
Micky yanavuze kubatega iminsi rugo rwe na Aga maze avugako atazigera yihanganira umuntu wese ushobora kwifata agashaka gusenya uru rugo bari kubaka kandi akomeza agira ati umuntu wese uziha ibyo gusesengura aganisha kugusenya urugo rwange niyo nzaba ndi kwa muganga nagiye kubyara nzabwira muganga nti muga buretse ho gato babanze batere camera maze nkwereke uko niyatakira umuntu.
uyu muryango rero ukaba ari umuryango ukunze kwibasirwa kumbuga nkoranyambaga ariko kandi kuko Micky azi kandi akunda kuvuga umuntu wese ugerageje kubavugaho amwatakana umujinya cyane kugirango nabandi babitekerezaga bagite batinya umuryango wa Aga na Micky ni umuryango ukundana cyane ariko kandi nanone uberanye cyane
