Mfite umukunzi ariko sinamubabarira anciye inyuma – Miss Nyambo

ni amagambo yatangajwe na Miss nyambo ubwo yari mukiganiro na Dj Brianne ndetse na tesha baganira ku biri kuvugwa mu bitangamakuru byumwihariko byibanda ku buzima rusange ariko bakanagaruka kubimuvugwaho hano ku mbugankoranyambaga ni ikiganiro cyatangarijwe mo byinshi.

Miss nyambo yanenze abakobwa baza mu mugi wa kigali bakabatera amada hanyuma abana babo bakabajyana kwa ba nyirakuru mu cyaro kurerwa na banyirakuru ariko ntibibukeno kuboherereza amafaranga yo gutunga wa mwana wajyanywe mu cyari yagize ati:’nubwo hari ababyeyi nabo telephone ihora ku gutwi bahamagara abana babo babaka amafaranga ariko abana bubu bakabaye bamenyako umubyeyi ataguhamagara adafite impamvu kandi yumvikana.

bityo rero buri uku umubyeyi akwatse amafaranga wakabaye uyamuha rwose. nyambo kandi yaje no gukomoza kukuba abahungu bariharaje ibyo guca inyuma abakunzi babo kunshuti zabo maze aravuga ati:’mfite umukunzi pe ariko yibeshye gake kidogo akanca inyuma kunshuti yange nahitamwanga kandi sinamubabarira na rimwe.

Miss nyambo ubwo yabazwaga kubijyanye no gutangira urugendo rwe rwa cinama yavuzeko cinema yayinjijwemo na Acia ariko ukuboko gukomeye kwamwinjije mu buryo simusiga muri cinema nyarwanda ni ukuboko kwa killaman avugako kandi killaman ariwe bakinana akumva biragenda neza cyane.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *