President wa Uganda Jowel Kaguta Museveni wa Uganda yavuzeko ushaka kuyobora uganda agomba kuba azi neza ibijyanye n’urugamba akaba azi neza imbaraga bisaba kugirango ingabo zifate igihugu ibi yabivuze asa nusubiza Lobert chaguranyi Bobi Wine umaze iminsi arwana inkundura ngo arebe ko yayobora Uganda.
Yowel Kaguta Museveni yibukije ko kugirango ayobore Uganda byamusabye kujya kurugamba ndetse agatanga imbaraga n’ibitambo bihagije kugirango yambure ubutegetsi umunyagitugu Idiamin dada bityo rero akaba yibukije abanya Uganda ko ushaka kuyobora Uganda agomba kuba azi neza ibijyanye n’urugamba rwo kubohora Uganda.
kuko museveni yaba akiriho cyangwa atakiriho Uganda igomba kuzahora izite amahoro kuko atakwemera ko igihugu cyafashwe hapfuye abantu benshi cyane ndetse babuze ababo kitagenda gutyo .
nubwo rero Museveni yatsinze amatora afite urubyiruko rukomeje kugaragaza ko ashaje ndetse bakeneye amaraso mashya akayobora Uganda ariko ntibagaragaza aho bayobowe nabi bityo rero we akaba avugako hashobora kuba hari aamaze gusinda amahoro n’umutekano bakumbuye kuyoborwa nabi no gufatwa nabi.
Yowel Kaguta Museveni we yemeza ko yarahiriye guha amahoro n’umutekano Uganda hanyuma akavugako atari umunyagitugu rwose ahubwo ahubwo nihaboneka ushobora kuyobora Uganda nkuko nawe abishaka mbese mu murongo we ntakabuza azamuha umwanya nawe agendere munzira ze .
