Museveni yategetse ko tumuzana ari umupfu cyangwa ari muzima!

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko bari bahagaritse gushakisha Bobi Wine igihe kingana n’amasaha 24, nk’uko Perezida Museveni yari yabitegetse, ariko Bobi Wine yanze kwigaragaza.

Mu butumwa yanyujije kuri X, Gen. Muhoozi yavuze ko hari amakuru yari ahari avugwa ko Bobi Wine yashakaga kumanika amaboko mu mahoro, ariko ntabyo yigeze akora.

Ku bw’iyo mpamvu, Gen. Muhoozi yavuze ko ingabo zabo zategetswe kumuzana ari muzima cyangwa yapfuye.

Ati “Ubu Ingabo zacu zifite amabwiriza yo kumuzana yapfuye cyangwa ari muzima.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *