Keretse Imana yonyine niyo yagira icyo ikora naho abagangabo ndabona bananiwe

rurangiranwa mu mwuga wo gusetsa Danizzo comedy ari mugahinda gakomeye no kwiheba cyane kuko umubyeyi we umubyara arwaye kandi arembye dushingiye kubyo tubona danizzo ubwe ari gutangaza.

ntabwo Danizzo yari asanzwe azana umuryango we kumbuga nkoranyambaga ariko kuri uyu wa 25 Mutarama ya postinze ipfoto ye ari kumwe n’umubyeyi we nyina umubyari maze yandikaho amagambo akomeye cyane aho yagize ati” Aho bigeze naho Imana gusa kuko n’abaganga ndabona bananiwe Imana yo mw’ijuru nitabaew idukirize umubyeyi mama “.

Danizzo rero yamenyekanye muri filime nterabitwenge akaba akomoka mu karere ka Musanze ahakunze guturuka abantu benshi bafite impano zo gusetsa kandi cyane uyu mubyeyi we rero akaba arwariye mu bitaro bya Musanze ndetse arembye.

mubusanzwe kubona umugobo wihebye biragoye ariko Danizzo yagaragaje kwiheba gukomeye kubera uburwayi bw’umubyeyi we kugera naho abonako abaganga baniniwe .

tmusabire Imana imukirize umubyeyi cyane ko akabura ntikaboneke ari nyina w’umuntu ibi uyu munyarwenya yabinyjije ku mbuga nkoranyambagaze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *