Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda Muhoozi Kainelugaba yavuze ko abakobwa n’abagore batagira Nyash baba batera umwaku ndetse ngo bashobora no kukwohereza mu kuzimu ntakabuza kubera kunanuka kwabo.
Kainelugaba Muhoozi usanzwe ukunda gukoresha imbuga nkoranyambaga cyane by’umwihariko X yahoze yitwa twitter ndetse agakunda gu postinga ho amagambo menshi cyane by’umwihariko ajyanye na politiki.
ni umugabo ukunze gutungurana kubera amagambo benshi bemezako akomeye cyane ndetse ntibanatinye guhamya ko harinibyo avuga yasinze nkubu aherutse kwemerako ingabo za uganda zishe abayoboke ba Bobi Wine ndetse avugako Imana n’imfasha azakuraho umugabo bwa Bobi Wine ibitaranejeje umugore wa Bobi Wine akamusaba ko adakwiye kwivanga mu buzima bwo murugo rwabo.
kuri ubu uyu mugabo yongeye kurikoroza ubwo yandikaga kuri Twitter ko gukora kumugore utagira ikibuno kinini ari icyaha gikomeye cyane kuko aba bagore ngo batera umwaku cyane ndetse ngo ntakabuza bakohereza mu kuzimu kandi ngo ntacyakubuza kwinjira ukuzimu.
