umuhanzi itahiwau Bruce Mellodie yerekeje mu bihugu bya East Africa aho agiye gukora Media Tour y’indirimbo ye Pom Pom yakoranye na diamondi Platnumz ndetse n’umunya Nigeria Joel Brown.
mu ijoro ryo ku wa 22 Mutarama nibwo Umuhanzi Bruce Mellodie yanyujije amashusho kumbuga nkoranyambaga ze avugako we na Management ye berekeje muri Kenya aho bagiye kwamamaza indirimbo ye nshya Ponm Pom.
yagiye avuga ibitangazamakuru azageraho byaba ibya television na Radio azagenda ageraho muri iyo gahunda maze akahakorera ibiganiro Bruce Mellodie kandi yahishuye ko iyo Media Tour izakomereza muri Tanzania na Uganda ndetse na Nigeria.
Bruce Mellodie kandi yaciye amarenga ko hari indirimbo idasanzwe kubera ubwiza bwayo afite ndetse ngo ateganya kuyishyira hanze vuba cyane ko yavuzeko iyo ndirimbo nayo yamaze kurangira.
iyi nzu ya 1:55 AM iherutse gutangaza ko hari umushinga w’indirimbo hagati ya Bruce Mellodie na Yemi Alade ibyatumye abantu batangira kwibaza niba iyo ndirimbo na Yemi alade ariyo agiye guhita akurikizaho.

