Uwatwitse ikibumbano cya Cristiano Ronaldo muri Portugal arimo arahigishwa uruhindu

Uwatwitse ikibumbano cya Cristiano Ronaldo muri Portugal arimo arahigishwa uruhindu
Polisi yo muri Portugal ahitwa i Madeira irimo irahigisha uruhindu umuntu watswitse ikibumbano cya Cristiano Ronaldo cyari kiri imbere ya Mise ye.
Kuwa Gatatu tariki ya 21 Mutarama 2026 ni bwo iki kibumbano cya Cristiano kiri i Madeira [ku ivuko rye] imbere ya Mise ye cyamenweho lisansi n’umuntu wabikoze yabigambiriye, kirashya nticyakongoka.
amakuru akaba avugako uyu mugabo watwitse iki kibumbano yari afite umujinya ukomeye cyane ariko aterwa no kuba ari umukunzi ukomeye cyane w’umupira w’amaguru ndetse akunda christiano cyane ariko agaterwa agahinda nuko christiano agiye gusoza career ye mu mupira w’amaguru adatwaye igikombe cy’isi.
uyu mugabo yafashe risansi ayisuka kuri iki kibumbano maze aragicomeka nubwo kitahiye ngo gikongoke ariko niwo mugambi yari afite.
ubu police ya portugal iri kumuhiga bikomeye kugirango ashyikirizwe umutabera ahanirwe icyo cyaha.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *