“Ndifuza umugabo nzajya ndita uwanjye” ! Agahinda ku mugore uvuga ko yabuze abamutereta

Umugore mwiza yatangaje ko igihe kigeze ngo abone umugabo azajya yita uwe iteka ryose kandi ngo ntiyitaye ku mico ye. Ibyo yabitangaje anyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumara igihe ntawe umuvugisha.

Ubusanzwe urukundo rurahemuza by’umwihariko iyo umaze igihe runaka udafite uwo wita umukunzi kandi nyamara waramwigeze ari naho bamwe bahera bakavuga ko hari abagumirwa.

N’ubwo atari kenshi ko abakobwa bererura bakavuga ko babuze abagabo , hari abadatinya kubigaragariza bamwe mu bo bakorana kugira ngo bagire icyo bibwira n’ubwo n’ubundi birangira hari abo byanze neza neza.

Umukobwa utavuzwe amazina anyuz eku mbuga nkoranyambaga maze atangaza amagambo akomeye ashimangira ashaka umugabo bakundana.

Muri ubwo butumwa nk’uko bukomeye gushyira ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye , ngo yamukobwa yahamije ko icyo ashyize imbere atari ubutunzi n’amafaranga kuko ngo ibyo atari byo birwubaka.

Yahamije ko kandi atitaye ku mico y’uwo musore bityo ko uzamweger bazahuza akareba niba yamubera uw’ibihe byose mu buzima bwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *