Abakozi bakora mu biro bya Prezida wa Leta zunze ubumwe za America White house bamaze igihe bagerageza gusobanurira abanya America ko igitero bagabye ku guhigu cya Iran mu byumweru bibiri bishize cyagenze neza.
nyuma yuko America igabye igitero simusiga muri Iran cyahitanye abayobozi benshi bakomeye mu gihugu cya Iran.
kugeza kuri uyu munsi ntago bamwe mu baturage ba Leta zunze ubumwe za America bumva uko Prezida wabo akomeza kugaba ibitero ku bihugu bitandukanye ibyo bahamya ko bishobora no kuzabateza umutekano muke aho bahamya ko bashobora kuzagabwaho ibitero by’ubwiyahuzi.
ingabo za Iran zemejeko zarashe kurugo rwa Minister w’intebe wa Irael ifatanya na America kurwanya Iran maze bagahitanwa n’iki gitero .
ndetse aba banateguje Trump urupfu rutunguranye.
