Umuhanzikazi Bwiza Emerance wamenyekanye nka Bwiza mu muziki nyarwanda akomeje kwibasirwa n’abakoresha imbuga nkoranyamba bavugako kuba agiye gushaka undi mugabo utari Claude wamufashaga mu gukurikirana inyungu z’umuziki we bizatuma azima akanibagirana mu muziki.
Umuhanzikazi Bwiza uri mu bahanzikazi bakunzwe cyane muri iyi minsi hashingiwe ku mibare y’abareba indirimbo ze byaba kuri Youtube , Audio Mack , Sportfy n’ahandi. Umuntu ashobora kumvira Indirimbo uyu muhanzikazi ni umwe mu bafite Indirimbo zikunzwe kandi ku kigero cyo hejuru.
uyu muhanzikazi Bwiza rero yakomeje kuzajya ashinjwa kugira ibikorwa bikorerwa ahiherereye akorana na Manager we witwa Claude bakavugako uko byagenda kose aba bombi bazabana nk’Umugore n’Umugabo cyane ko ntawari uzi Umukunzi wa Bwiza.
byaje gutungurana rero ubwo hasohokaga amakuru avugako Bwiza yaba yafatiwe irembo kandi ryafashwe n’Umuntu utari Claude umu Managinga.
ibi byatumye abakoresha imbuga nkoranyambaga batangira kuvigako umuhanzikazi bwiza agiye kuzima ngo kuko claude azamuzimya kubera gufuha.
ibi byose ntacyo Bwiza arabitangazaho ariko igihari ni uko mu minsi yavuba ari mu bahanzi bafite ubukwe bitegura cyane ko amaze Iminsi abicamo amarenga mu ndirimbo ashyira hanze nkiyo yise “Boda Boda” ndetse niyo yise “Waratwibutse”
