Kuki igihugu kidakora amafaranga menshi ngo gihe abaturage mu kurwanya ubukene?

Iyo utembera hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, wumva abantu bavuga ko ibintu byakaze muri iyi minsi, mbega bati ‘amafaranga yabaye iyanga.’ Hari n’abagorwa no kumva impamvu amafaranga abura mu Rwanda, kandi Banki Nkuru y’u Rwanda ifite inshingano zo kuyakora no kuyagenzura.

 

Kuki hatakorwa amafaranga menshi, noneho buri Munyarwanda akabona amafaranga ahagije? Ese ubu buryo ntibwaba inzira yo kurandura ubukene mu bantu?

Ku rundi ruhande, mu 2024 u Rwanda rwari rufite ideni ry’arenga miliyari 14,781 Frw. Bumwe mu buryo bwo kwishyura ideni ry’igihugu harimo no kongera imisoro.

Ese hakozwe ayo mafaranga menshi, ntibyatuma u Rwanda rubona amafaranga ahagije yo kwishyura ideni rufite?

Ibi byose ni ibibazo bikunze kwibazwa na benshi, ari na byo tugiye kugarukaho. Niba ushaka kumenya byinshi kuri byo, reba iyi video.