Byari amarira n’agahinda mu muhango wo guherekeza Dr Mugemana Charles.

Dr MUGEMANA Charles umwe mu baganga bari bamaze igihe kinini muri icyi gihugu cyane ko yari amaze imyaka 30 ari umuganga wa Rayon Sport football club akaba kandi umubyeyi wa MUGEMANA Yvonne wamenyekanye nka Queen Cha  yitabye imana kuri uyu wa 18 Mutarama nibwo yaherekejwe n’umuryango we ndetse n’inshuti z’umuryango.

MUGEMANA Yvonne AKA Queen Cha mugahinda kenshi yasobanuye uburyo umubiri wariye umubyeyi we kuko yarwaye ku 1 Mutarama 2025 bivuzeko yari amaze igihe kirenga umwaka arwaye ubwo yivurizaga mubitaro bya CHUK Queen Cha kandi yavuze ko nyakwigendera yari umuntu ukunda abantu cyane kandi akagira umutima mwiza cyane wuzuye ubumuntu yakomeje avugako nyakwigendera yakundaga gusenga cyane  ko yasengeraga mwitorero ry’abadivantisite b’umunsi wa karindwi.

kandi ko yakundaga siporo cyane kuko yabaye umuganga wa Rayon Sports imyaka igera kuri 30 yose atarahindura imirimo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *