Abagabo bashatse abagore batagira Nyash bari bakwiye kubatangira imisore – Muhoozi Kainelugaba

Gen Muhoozi atekereza ko abagabo barongoye abagore badafite nyash bakwiriye kujya babatangira umusoro
Ati: “Njyewe mbona ko dukwiye kumenya no kwandika amazina y’abakobwa bose badafite nyash mu gihugu. Abazabarongora Bose bakwiye kujya bishyura umusoro muri. URA.”
Uyu mugabo andi ni nyuma y’uko amaze iminsi yibasira abantu bafite iyi miterere y’ikibuno ahoyibanda kubafite ikibuno gito maze akabatangazaho amagambo atavugwaho rumwe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga.
bijya gutangira yavuzeko abagore batagira nyash ntabwenge baba bafite maze aza kungamo avugako abagore badafite ikibuno kinini babyara abana b’ibigoryi kuri saint vallentin kandi yongeye kuvugako abagore badafite nyasha badakwiye indabo za saint vallentin.
kuri ubu rero yangeye kubibasira avugako abona bakwiye kujya batanga imisoro myinshi kuko ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro cyakabaye cyaratangiye kubasoresha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *