Prezida wa Volodymyr Zelenskyy kuri uyu wa kane 18 Gashyantare 2026, yahakanye ibyo gukura ingabo ze mu burasirazuba bwa Donbas kubera gushyigikira ibiganiro by’amahoro n’uburusiya, ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Kyodo News ya Kyiv.
Prezida Volodymyr Zelenskyy yagarutse kumubano w’igihugucye n’ubuyapani mubyagisirikare (umutekano)
Yavuzeko yizeye ko ubuyapa buzamuha intwaro zabwo zo mubwoko bwa unmanned surface vehicle (USV) technology (ubu ni ubwato buto bw’intambara bugaba ibitero simusiga
Zelenskyy yahaye gasopo koreya yaruguru ikomeje gushyigikira uburusiya muri uru rugamba bamazemo imyaka itari mike.
Yahamjeko ukukwivanga muri iyi ntambara kwa korea ya yaruguru bishobora gutuma iyi ntambara irushaho gufata indi ntera ndetse bikaba ari n’igitutu kumutekano w’ubuyapani.
