umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky

Jacky wamamaye kumbuga nkoranyambaga yagarutse kuburwayi bwe nibyamubayeho munzira yo kwivuza ariko atazi neza indwara andwaye ibyatumye umubiri umurya cyane ndetse akagera aho yifuza  no gupfa ari ntabibone kuko iyo bimukundira nawe ubwe yarikwiyahura kuko avugako umubira wamuriye ukamwibutsa amagara kandi atabasha kumenya indwara arwaye kuko abaganga ntayo babonaga.

ibi Jacky yabitangarije mukiganiro na Irene Murindahabi kuri MIE Empire avugako ajya gufatwa yari ari kwiga imodoka atangira kumva atameze neza gusa ageze murugo ahita atangira kugagara ahari urugingo hose hatangira kumurya inshuti ze zose zakoze uko zishoboye ngo zimuvuze gusa abaganga bakabura indwara.

ati nagiye mubapfumu benshi bandya amafaranga ariko ntibamvure abanyamasengesho bahugira kunteranya n’abagize umuryango wanjye ngo nibo bandoze kandi bababeshyera gusa naje guhura n’umupfumu guturuka muri Tanzaniya aramvura rwose ndakira ubu meze neza sinzi ibigeragezo naciyemo ko hari nundi waba warabinyuzemo kandi mubyukuri ntarakizwa sinigeze mpuranibibazo nkibi.

gusa rwose ubu meze neza cyane kandi ndashimira abantu b’inshuti zanjye bambaye hafi barimo Burikantu na Buringuni ndetse n’abandi baritanze n’ubwo hari abandi nari nizeyeko bashobora kumba hafi mugihe mbabaye ariko byarageze baranyirengagiza burundu muri make ubu burwayi nubwo bwandishije umubiri cyane bwaranyigishije cyane namenye umubiri icyaricyo ariko kandi nanone menya abantu banzengurutse nsobanukirwa n’umubano tugirana.

 

One Comment on “umubiri warandiye nifuza gupfa sinabibona ntuka imana/navuwe n’umupfumu – Jacky”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *