Inkuru y’urukundo (Eva) Umukunzi nabonye kuri saint vallentin namubuze kuri saint vallentin.

Umukunzi nabonye kuri saint vallentin namubuze kuri saint vallentin.
Mwa bakobwa mwe reka mbabwire haribintu dukora tukagirango twemeje abakobwa bagenzi bacu ariko harigihe tuba twihemukira kuko biba ari amakosa akomeye duba dukoze mu buzima bwacu.
Iyi niyo saint vallentin yonyine nagize ntafite umukunzi ngo dusohokane dukore urukundo nyine numve niyumvise nk’umugore ukunzwe.
Bugicya numvishe mfite ikiniga muri nge numva ndashaka kurira kuberako umusore twari dusanzwe dukundana twatandukanye ampemukiye cyane Anahita yishakira umugore ubu bagiye kwibaruka.
Narababaye cyane numva sinkifite umwanya wo gukundana n’abasore mu mutima wanjye gusa mu gitondo cya Saint Vallentin numvishe nkeneye kwa kwitabwaho umugore agira kuri uwo munsi.
Kwihangana byarananiye numva nahamagara Exe wange ariko nanone numva ntibyaba aribyo maze ndavuganti “ariko se ubundi ko ntacyo mbuze kuki njyewe ntakisohokana nkambara neza maze nkajya ahantu hatuje nkarya, nkanywa maze nasoza nkitahira nkaryama.
Ntabeshye narebye mu myenda yanjye yose mbura mo umwambaro nakwambara maze mpitamo kwambara nk’umukobwa ufite umuhungu basohokanye.
Nahise njya muri imwe muri restaurant nziza kandi ziyubashye maze ngezeyo ndeba uko ama couple ameze abasore n’inkumi bari gusangira bahuje urugwiro sha numva ndushije ho gufuha.
Gusa nkinjira muri iyi restaurant nanyuze ku musore ninkumi bicaye basangira mbona umusore ankurikije amaso kubera ukuntu nari nambaye agakanzu kaza cyane k’umutuku ndetse kagarukira munsi y’ikibuno kuburyo natambukaga ikibuno cyanjye cyikizunguza cyane ndetse amaguru yanjye ahagana munsi y’ikibuno mbandabagirana kuburyo iyo nciyeho burimugabo uteyeho ijisho asigara yifuza kunkora ku kibuno narinzi neza rero ko kuba uwo musore ari ku nkurikiza amaso ntakindi ari ukubera imiterere yanjye imiteye irari.
Uyu musore yakomeje kumpanga amaso kugeza aho natangiye kujya nsoma kukirahure cya wine ikankora ndetse ndana bibona ko umukobwa barikumwe yamaze kurakara kubera umusore barikumwe yagaragajeko anshaka cyane.
Kuko yatangiye kumuvugisha umusore akamera nkuri kurota cyangwa udahari bityo agasubiza ibidahari cyane ko iyo nasamaga ngiye kunywa vino yanjye nabonaga uyu musore neza neza agiye guta inkonda maze umusatsi wanjye ufite ukuntu wangwaga mu maso maze nkawuzunguza nywusubiza mu mugongo akoka gesture nako nkabona karamwishe neza neza.
Kugeza kuri ubu numvaga umutima wanjye uriguterera kumuvuduko udasanzwe kuburyo nange sinzi niba yari njye cyangwa niba nakorerwagamo.
Uwo mukobwa kugeza ubu yarebaga umukunzi we nanjye akandeba nkabona isura iravugako nakabaye ntaba kwisi cyangwa nkaba ntageze muri iyo restaurant kuko kuhagera byatumye abura ibyishimo bye byo kuri Saint vallentin.
Vino yarongeye irankora noneho numva birakabije niko guhaguruka ngo njye muri restroom nje kwitunganya wamusore ahaguruka yiruka nkaho abonako mucita aza yiruka ansanga wamukobwa amusamira hejuru umusore aramwiya akomeza aza agana aho ndi kwerekeza.
Umukobwa yararakaye maze ahita asohoka muri restaurant arataha ngwee naze muri restroom nawe angeraho ntiyigeze azuyaza yahise ankaraga arampobera maze numva arahumura neza cyane.
Ntitwari tuziranye nagato ariko kubera uko twaritumaze umwanya turebana numvaga wagirango tumaze ukwezi tuziranye bityo nkumva birandyoheye ntabeshye sinarinzingo bimeze bito gusa ubwenge bwongeye kugaruka numva arikunsoba ndetse ari no kuntera finger! Nahise numva mbaye nkuri gusuzugurwa nkumukobwa mukuru nkumva ibyobintu ntibyari bikwiye ariko nanone nkumva nshimye ukuntu yihuse cyane.
Ntanarimwe mubuzima nigeze numva nshaka umuhungu nkuko numvaga nshaka kuryamana n’uyu musore gusa nahise mwishikuza maze maze nawe mbona abaye nkukangutse nuko ndamubwiranti nitwa Eva nawe arambwira ngo nitwa Mervin ati”: nice to meet you Eva! You so beautiful.
Ako nako numva karanyuze cyane nahise nkora mw’isakoshi yanjye maze nkuramo agakara mfata impapuro z’isuku zari muri ubwo bwiherero mwandikiraho address yanje na number zanje maze mpita nsohoka nihuta nsiga amafaranga kumeza nariragaho mptansohoka ninjira mu modoka yanjye mpita niruka cyane feri ya mbere nyifungira mu rugo.
Nageze munzu ntangira kumva umutima wanjye urunyishyuza uriya musore numva nshobora kuba nkoze ikosa rikomeye kuko numvaga ashobora kutaza ngo angereho nkuko namuhauye address yanjye mbyifuza.
Nuko hatarashira n’iminota itanu numva ihoni rira vuze maze ndebeye mukirahuri cy’idirishya mbona iyo modoka sinyizi ariko kandi mbona umuzamu wo kugipangu cyanjye ari kuyikingurira nahise mwandikirango mukingurire aze munzu maze aramukingurira yinjira munzu nanjye mpita ninjira mucyumba maze nkuramo akitwa akenda kose kandiho maze ntera intambwe nerekeza muri sallo aho yari amaze guhabwa karibu.
Ariko nanone yari ataricara uyu musore yankubise ijisho arebye uko ibire ryanjye rishinze kwihangana biramunanira yenda kwikubita hasi mazembona atangiye gutitira ariko aza ansanga nange nari mfite ubushake buryo numvaga haburaho gake nkarira.
Umva sinzi ukobyagenze ariko numvishe yanteruye maze anshyira muntebe arantunganya byabuze urugero kuburyo mu mutima wanjye numvaga ari ubwambere niyumvishe ntyo izina rye naryumvishe rimwe ubwo twari muri bwa bwiherero ariko ntiwakumva uburyo nari ririmbye ngerageza kugaragaza ko ari kunezeza.
Sinzi rero ukobyagenze gusa bisanaho ibyishimo byandenze maze nkasinzira kuko yararangije ngewe mpita nsinzira maze ajya muri birthromm yanjye aroga ajya no mugikoni atunganya neza amagi yarimo uzana ifunguro ryiza cyane yanteguriye maze arasohoka yatsa imodoka ye aragenda.
Nakanguwe ntimpumuro idasanzwe yifunguro yanteguriye ngonze kurifata ninkanguka.
Ntiyongera nkumpamagara ntanubwo yagarutse nkomeza kujya muri ya restaurant twahuriyemo ngondebe ko namubona ariko sinamubona ariko kandi icyo nibuka neza nuko namuhaye address zanjye na nomero yange kuburyo ankeneye we atambura gusa njyewe uretse izina rye ntakindi cya nzi.
Uyu musore yampaye ibyiyumviro byiza kuburyo budasanzwe mu masaha atarenze abiri ariko nanone ahamagara umwijima wicuraburindi mu mutima wanjye.
Iyi nkuru niba wayikunze dukorere #follow kugirango ujye ubona inkuru nkizi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *