Umunya Nigeriakazi icyamamare mu muziki za Africa Tiwa Savage yahishuye ko yikundira byo gupfa rurangiranwa mu muira w’amaguru Bryan Mbeumo
Byari mu kiganiro Tiwa Savage yagiranye na PodCast yo muri London mu bwongereza yitwa yitwa The Nigerian Afrobeats iyi isanzwe itumira Abahanzi batandukanye bo ku mugabane wa Africa bakababaza byinshi k’ubuzima bwabo by’umwihariko k’umuziki wabo ibyobateganya
Ndetse n’imibereho yabo muri rusange niho yabarijwe niba yaba afite umukunzi maze yemeza ko agiye kumara Imyaka igera kuri itatu ntamukunzi afite (ari single).
Ubwo yabazwaga niba ntamuntu ari kwiyumvamo muri iyi minsi yasubije ko ari kwiyumvamo umukinnyi w’umupira w’amaguru mugihugu cy’ubwongereza amusonbanura nk’umuntu mwiza cyane witonda utuje ndetse ufite imiterere myiza buri mugore yakwifuza maze ahita amena ibanga ko ari Bryan Mbeumo.
Yiyemereye ko amukunda cyane ariko atatera iyambere ngo amubwire ko yamukunze cyane ko ngo byaba ari ukwica umuco nya Africa.
Ni nyuma y’uko uyu mugore avuzwe murukundo n’umuhanzi munini cyane kuri uyu mugabane wa Africa Wizdid ariko kuri ubu bikaba bitakiriho
