umuhanzikazi bwiza uri mubakunzwe cyane muri iyi minsi agiye gukorera ibitaramo muri sweden bizahuzwa no kwizihiza umunsi w’umugore, bwiza yatangaje byinshi ariko ahakana iby’ubukwe bwe bumaze iminsi buhwihwiswa avugako ibintu atabibwiriye badakwiye kubyizera kuko biba ari bihuha.
ni mukiganiro Umuhanzikazi Bwiza yagiranye na Chitah Magic ubwo yerekezaga ku mugabane w’uburayi mu gihugu cya sweden aho biteganywa ko azakorera igitaramo ndetse afatanyije n’abandi bahanzi babagore bahariye mu mugi wa stackhom bazakora bizizhiza umunsi mpuzamahanga w’umugore.
Bwiza yavuze ko kuba abantu benshi bamufata nk’umuhanzikazi wa mbere mu rwanda we atari ko we abifata we avugako icyo akeneye ari uko abanyarwanda bamukunda bakamubahafi bakamuhesha ibiraka naho ibyo kuba uwa mbere byo ntakamaro.
Bwiza kandi yavuze kubukwe bwe bahora bavuga maze yamezako ntabukwe afite ko iryo rembo bahora bemeza ko yafatiwe atari byo kuko ntagikorwa nakimwe kiraba kuko n’umuntu ukunda ibirori nibiba azatumira abantu bose bakabutaha.
