Bruce Mellodie yongeye gutangaza ibitaramo afitanye na The Ben mumpeshyi y’uyu mwaka

Nyuma y’uko mu minsi ishize Bruce Melodie yatangaje ibitaramo bizazenguruka igihugu azakorana na The Ben mu mpeshyi ya 2026, ariko nyuma The Ben akaza kubihinyuza abyita ibinyoma, kera kabaye yabyemeye.
Ni ibitaramo bazakorana bazenguruka Intara enye zigize igihugu, aho bazaba bataramira abakunzi babo.
Ubwo The Ben yanyomozaga aya makuru bigashyira mu gihirahiro abafana babo bombi, nyuma Bruce Melodie yatangaje ko habayeho ikibazo  cy’itumanaho ku mpande zombi, ariyo mpamvu The Ben yahise abihakana ariko nyuma habaye kongera kuganira.
ibi rero nubwo The Ben yari yabihakanye bivugwako hari amasezerano management z’impande zombi zari zagiranye avugako amahitamo ari abiri ibi ariko byabaye mbere y’igitaramo cya The Ben cyabaye ku wa mbere Mutarama 2026 cyiswe the news yeah groove aho broce mellodie yacaga the ben Millioni 60 z’amanyarwanda ngo aririmbe mu gitaramo cye.
cyangwa ntayamuhe ariko nawe azaze mu bitaramo bye bizenguruka intara zose byiswe country tour hanyuma the ben agomba agomba guha bruce mellodie 10 million zo kwitegura igitaramo ibyo kandi bikazaba no kuri the ben ubwo bazaba bazenguruka igihugu aho Bruce Mellodie azajya aha the ben 10 million zo kwitegura buri gitaramo gusa bashyiramo close ivugako uzica ayo masezerano azahanishwa Million 600 z’amanyarwanda.
ubwo the ben rero yahakanaga kiriya gitaramo yari abiziko ashobora guhura n’icyo gihano bikaba n’impamvu simusiga igomba kuba yatumye ikibazo bagikemura ngo ibitaramo byabo bigende neza hatabayemo uciwe amafaranga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *