Bruce Mellodie yarambabaje cyane arambwirango “Ntawucirira imbwa ikuze”

Bruce Mellodie yarambabaje cyane arambwirango “Ntawucirira imbwa ikuze”

Umukinnyi wa cinema kalisa ernest wamenyekanye nka samusure yikomye cyane Bruce mellodie amushinja kumubeshya amafaranga aho kugirango ayamuhe akamutuka ibyo we abona nk’agasuzuguro gakomeye cyane yasuzuguwe n’uyu muhanzi.

 

Samusure yahuriye na Bruce Mellodie kuri live ya Tiktok maze bavuga kukibazo cya samusure cyuko amaze igihe mu mahanga kandi yabuze amafaranga yo kuvayo ngo agree mu Rwanda.

 

Icyo gihe Bruce Mellodie yemereye samusure ticket imuzana mu Rwanda maze nawe yicara azingo azahabwa iyo ticket ariko arategereza araheza nibwo yaje kumva nanone kuri live babaza Bruce Mellodie impamvu ataraha samusure amafaranga yo kuza mu Rwanda avugako ntawucirira imbwa ikuze nk’ikimenyetso cy’uko atazayamuha

 

Ariko kandi samusure we abyumva nk’agasuzuguro gakomeye yasuzuguwe na bruce mellodie gusa icyo cyatumye arushaho gukora iyo bwabaga kugirango arebe ko yava ishyanga maze kubera imana azakugira amahirwe yo kubona abagiraneza bo kumufasha arataha

Gusa samusure avugak atazigera yibagirwa ikigikorwa cyagasuzuguro gakabije yakorerwe na Bruce Mellodie abakurikiye iki kiganiro yagiranye na Max tv bakomeje kugira inama samusure zo kuva kunzoga nindaya kugirango yongere kwiyubaka nkumuntu kuko babona ubuzimabwe bwarangiritse kurenga kwiyubaka nka kalisa erneste kuruta samusure

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *